• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/03/26
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yihariye, idasanzwe yahawe izina,“ TUGANIRIRE MU MUDUGUDU”
03/03/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage
03/03/26
Kamonyi: ½ cy’Abasoje Amasomo muri AFRICA FOOD SUPPLY bemerewe akazi
03/03/26
Kamonyi-Ngamba: Machine (Laptop) yabaye igitambo cya Gitifu watewe n’Abagizi ba nabiku

Umunyamisirikazi wambere mu bunini ku isi yashyize yemererwa kubagirwa mu Buhinde

Umwanditsi
February 12, 2017

Umugore ukomoka mu gihugu cya Misiri akaba ari nawe mugore munini kuruta abandi ku Isi kuko afite ibiro 500 yashyize yemererwa kwinjira ku butaka bw’ubuhinde aho yiteguye kubagwa agamije kugabanya ibiro.

Eman Ahmed Abd El Aty w’imyaka 36 y’amavuko, ku nshuro ya mbere mu myaka 25 ishize yabashije gusohoka munzu iwabo, ubu ari ku butaka bw’igihugu cy’ubuhinde aho agiye kubagwa mu rwego rwo kugabanya ibiro by’umurengera afite.

Umuryango wa Eman Ahmed Abd El Aty, utangaza ko ari ku nshuro ya mbere umwana wabo mu myaka 25 asohotse munzu. Igihugu cy’ubuhinde hambere aha cyari cyabanje kumwima uburenganzira (Visa) bwo kwinjira ku butaka bwacyo kuko ngo atabashaga ubwe kugera aho yagombaga kurusabira.

Uyu munyamisirikazi, mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo Guinness world Records gitanga udushimwe kubaciye uduhigo dutandukanye ku Isi, bwagaragaje ko ariwe mugore munini wa mbere ku Isi kuko afite ibiro 500 mu gihe undi wari usanzwe uzwi witwa Pauline Potter ukomoka muri Amerika yari afite ibiro 292 mu mwaka wa 2010.

Eman Ahmed Abd El Aty, ari ku butaka bw’ubuhinde mu gihe kitaramenyekana kuko agomba kwitabwaho n’abaganga bagomba kumubaga kugira ngo abashe kugabanya ibiro by’umurengera afite.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5932 Posts

Politiki

4181 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1042 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

155 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga