Politiki

Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda

Umunyamahirwe w’Umukire muri FORTEBET, yashoye Ibihumbi 450 by’Amafaranga y’u Rwanda ku bikubo byizewe, atsindira 2,452,412Frws. Uru sirwo rugero rw’Umunyamahirwe wiyizeye bihagije? Uyu munyamahirwe wa FORTEBET, yashoye Amafaranga y’u Rwanda 450,000Frws ku mikino yari yizeye ko izatsinda, kandi koko iratsinda. Ku itike ye ifite nimero 3533338735799999 (www.fortebet.rw), uyu munyamahirwe yakoresheje over za 0.5 hamwe na over […]

Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Mu rugendo Abadepite bagiriye mu Karere ka Kamonyi mu mirenge itandukanye kuva tariki ya 25 kugera 29 Ugushyingo 2025, ubwo basuraga Umurenge wa Rugalika nyuma yo gusura ibikorwa bitandukanye byibanda ku Myubakire, Imiturire n’Imikoreshereze y’Ubutaka, basabye Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kugira nibura Site Imwe y’Imiturire ntangarugero abandi bajya baza kwigiraho. Depite Murora Beth, waje akuriye […]

Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Mu kiganiro(Press Conference) n’Itangazamakuru cyo kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2025 cyabereye mu cyumba cy’Inama cy’Intara y’Amajyepfo, Umuvuguzi wa Polisi y’u Rwanda muri iyi Ntara, CIP Hassan Kamanzi yavuze ku bantu 60 baherutse gufatirwa mu Mirenge ya Ngamba na Nyarubaka y’Akarere ka Kamonyi. Ahamya ko batafatiwe“Imyemerere yabo”, ko ari “Imyumvire yabo” igamije gushishikariza Abaturage Kwigomeka […]

Over za 2.5 zahesheje Umunyamahirwe muri FORTEBET gutsindira akayabo ka 5,403,680Frws

Iyo warambiwe gutegereza intsinzi z’imikino, wibaza ikipe iri buze gutsinda. Ibitego by’umukino byakubera igisubizo nk’uko byagendekeye umunyamahirwe wacu w’iki cyumweru muri FORTEBET ubwo yegukanaga akayabo ka 5,403,680Frws!. Imikino yose y’uyu Munyamahirwe, yari ku itike ye yamuhaye ibitego bitatu mu buryo bworoshye, harimo n’umukino wa Napoli-Atalanta 3-1, nubwo hari imikino ibiri yagarukiye ku mwamba. Iyo urebye […]

Kutamenyeshwa ku gihe ingengabihe y’itangira ry’Amashuri byica Igenamigambi ry’Ababyeyi

Itangira ry’amashuri by’umwihariko igihembwe cya mbere gitangira umwaka ku basoje amashuri abanza(P6) bakoze ibizamini bibajyana mu yisumbuye ndetse n’abasoje umwaka wa Gatatu w’ikiciro rusanjye(tronc commun), ni igihe kidakwiye kuza gitungura Ababyeyi n’abafite abana bagomba kujya ku ishuri kuko iryo tangira riza riherekejwe n’ibisabwa birimo; Kumenya aho umwana azajya kwiga ku batsinze, Amafaranga n’Ibikoresho bisabwa n’ibindi. […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

Kamonyi-Mugina: Ku munsi w’Ubwiherero, bibukijwe kwita ku isuku

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’Ubwiherero “World toilet Day” mu Kagari ka Nteko, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yibukije Abaturage kwita ku isuku y’Umubiri, iy’aho batuye, Bagenda ndetse n’aho bakorera. By’umwihariko, yabasabye kugira ubwiherero busa […]

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga