Politiki

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

Kamonyi: RIB yafunze uwiyitaga Umutoza w’ikipe y’Abana, azira gutwara Miliyoni z’Ababyeyi babo

Ntibishimirwa Patrick ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha/RIB, aho akurikiranyweho gutwara amafaranga agera kuri Miliyoni 5 yahawe n’Ababyeyi bo mu Murenge wa Nyamiyaga ya Kamonyi abizeza ko ari umutoza kandi azatwara abana babo mu ikipe nto izwi nk’Akademi( Academy) ya APR. Dr Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha/RIB yabwiye intyoza.com ko ibyo uyu Ntibishimirwa […]

Umunyamahirwe muri FORTEBET yateze ibiceri 200 gusa atsindira 2,465,813

Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe w’Umunyabwenge muri FORTEBET yateze ku gice cy’Umukino kibonekamo ibitego byinshi bimuhesha amahirwe yo gutsindira 2,465,813Frws. Ku biceri 200Frws byonyine mu mufuka, umunyamahirwe w’iki cyumweru ntabwo yadutengushye! Nyuma yo kureba ukuntu imikino itanu bagiye batsindana, uyu munyamahirwe yatsindiye amafaranga ye akoresheje uburyo; bw’igice cy’umukino kibonekamo ibitego byinshi ahitamo igice cya kabiri. Iyi […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse

Wabyita gukorera mu manegeka cyangwa gukorera mu gisa n’ubuhungiro nyuma y’uko imwe mu nyubako nini y’Ikigo Nderabuzima cya Musambira ifashwe n’inkongi y’Umuriro Tariki 12 Werurwe 2025. Gusana no kubaka ibyangijwe biri kugana ku musozo. Abagana ikigo nderabuzima ndetse n’ubuyobozi bwacyo barishimira aho imirimo igeze ari nako hitegurwa kugaruka gutangira Serivise ahantu hasobanutse. Mu gitondo cyo […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga