• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/03/26
Rugalika-Masaka: Nta Kangononwa ku kwishyura Mituweri ifatiye kuri Sisitemu Imibereho
04/03/26
Umuco wacu muwurinde ico-Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa
04/03/26
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yihariye, idasanzwe yahawe izina,“ TUGANIRIRE MU MUDUGUDU”
04/03/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage

Abasirikare 9 ba Leta ya Somaliya bishwe na Al Shabab

Umwanditsi
April 23, 2017

Leta ya Somaliya yatangaje ko ingabo zayo 9 zishwe n’abasirikare ba Al Shabab ubwo bategwaga igisasu cyabaturikanye bari mu modoka bagenda.

Abayobozi b’igihugu cya Somaliya batangaje ko abasirikare b’igihugu icyenda bishwe naho abandi batanu bagakomereka nyuma y’aho imodoka barimo itegewe n’igisasu kikayiturikana mu muhanda i Galgala.

Umuvugizi w’igipolisi mu ntara ya Puntland, Major Abdirahman Farah Gurhan, yatangaje ko icyo gisasu cyaturitse mugitondo cyo kuri iki cyumweru mu gihe bari mubikorwa byabo bya buri munsi byo gucunga umutekano mu misozi ya Galgala.

Gurhan, nkuko tubikesha ijwi rya Amerika yavuze ko iyo modoka yarimo abasirikare 17 igihe yahura n’iki gisasu cyayiturikanye kandi ko abo cyahintanye barimo abapolisi, n’abasirikare.

Umutwe w’iterabwoba wa al-Shabab niwo wigambye ko ariwo wateze iki gisasu cyaturikanye imodoka kigahitana abasirikare ndetse ndetse hakanakomereka abandi bagizwe n’abasirikare n’abapolisi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5934 Posts

Politiki

4183 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1043 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga