Ku itariki ya 18 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yashyikirije Umusipanyoli(Spanish) witwa Xan Garcia Ehria amagare ye abiri yari yaribwe mu bihe bitandukanye, hakaba hari hashize amezi arenga atandatu. Xan...
Read More
Bamwe mu bakoresha, bishimiye kubona urubuga rwa Whatsapp ruvuyeho
Hafi amasaha 12 urubuga rwa Whatsapp abarukoresha batabasha kuruhuriraho, mu gihe bamwe bavuga ko byabababaje ndetse bikababangamira mu gutumanaho binyuze kuri uru rubuga, abakoresha bo bishimiye aya masaha rutakoraga ndetse bamwe bati iyaba rwavagaho...
Read More
Kamonyi: Ni inde ufite ukuri hagati y’akarere n’ababyeyi b’incike za Jenoside
Amezi agiye kuba icumi incike za Jenoside yakorewe abatutsi batazi uko inkunga y’amafaranga y’u Rwanda 30,000 bagenerwa kuri buri muntu ku kwezi asa. Mu karere bavuga ko hari ayigeze gutangwa, gusa ngo hari n’impamvu...
Read More
Kamonyi: Yamizwe n’ikirombe ashakishwa umunsi wose bwira atabonetse
Sindayigaya Alphonse wimyaka 16 y’amavuko, yagwiriwe n’ikirombe ari kumwe na mugenzi we Bikorimana Richard ahagana saa cyenda z’igitondo kuri uyu wa 16 Gicurasi 2017 aho Sindayigaya atabashije gusohoka mu kirombe kugeza saa kumi n’ebyiri...
Read More
Kamonyi-Army week: Gusiramurwa nta kiguzi byazamuye cyane imibare y’abisiramuza
Abaturage biganjemo urubyiruko by’umwihariko abayeshuri, bitabiriye Igikorwa cyo kwisiramuza ku bwinshi aho ku mibare isanzwe byikubye inshuro zirenga 30. Ibi bibaye gusa muri iki gihe cy’icyumweru cy’Ingabo-Army week. Bamwe mu baturage ikinyamakuru intyoza.com cyasanze...
Read More
Kamonyi: Ibirombe bikomeje guhitana abantu
Nyuma y’aho ibirombe 2 bicukurwamo amabuye y’agaciro mu murenge wa Rukoma bigwiriye abantu 2 umwe agakurwamo ari muzima undi agapfa, babiri muri uyu murenge ahagana saa Cyenda z’igitondo bagwiriwe n’ikirombe umwe yapfuye undi aracyashakishwa....
Read More
Nyamasheke: Umucungamari wa Koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30
Ndababonye Damien wari umucungamari wa Koperative COTEGA yatawe muri yombi na Polisi aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Koperative usaga miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda. Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ruharambuga yo mu karere ka...
Read More
Muri LIPRODHOR ibintu bigeze iwandabaga, ibyayo bigiye ireba
Umuryango witwa ko ufite guharanira uburenganzira bwa muntu LIPRODHOR, hagati muriwo ishyamba si ryeru, ni ibibazo by’insobe ndetse bigiye gutuma imitungo yawo irimo amazu atezwa icyamunara kubera kwambura abakozi bawo. Nkurunziza Jean Pierre, umunyamategeko...
Read More
Kwimurira abagororwa kure y’imiryango yabo ni “Amaburakindi”- CGP Rwigamba
Abafungwa cyangwa se abagororwa, kenshi usanga yaba bo yaba imiryango baturukamo bifuza ko bafungirwa hafi aho kubageraho byoroha, kuba hari abari kure y’imiryango yabo, ubuyobozi bw’amagereza mu Rwanda buvuga ko ari amaburakindi, gusa ngo...
Read More
Emmanuel Macron watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu Bufaransa yarahiye
Macron w’imyaka 39 y’amavuko akaba umukuru w’igihugu muto uyoboye u Bufaransa nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 66 yarahiriye ku mugaragaro manda ye ya mbere agiye kuyobora. Emmanuel Macron, niwe mukuru w’Igihugu w’ubufaransa muto...
Read More