Gakara Jean Claude wari umaze amasaha asaga 30 mukirombe aho cyaridutse kikamutaba tariki 13 Gicurasi 2017, yakuwemo ari muzima ibirago n’amashuka bari bazanye gutwaramo umupfu bisubizwayo ibindi bitabwa mu mazi ahasigaye bashima Imana. Gakara...
Read More
Abapolisi b’u Rwanda bari muri Centrafrique bakoze umuganda basukura ishuri
Umuganda wakozwe n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa UN bwo kubungabunga no kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique, wakiriwe neza ndetse usigira isomo ubuyobozi bw’ikigo, abanyeshuri n’ababyeyi babo. Abapolisi b’u Rwanda bari mu...
Read More
Kamonyi-Kwibuka23: Hashyinguwe Imibiri 11 y’abishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Mu gikorwa cy’umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego rw’akarere, hashyinguwe imibiri 11 mu rwibutso rw’akarere rwa Kibuza aho iyi yiyongereye ku mibiri 47360 y’inzirakarengane zihashyinguwe. Udahemuka...
Read More
Burundi: Hashyizweho Komisiyo yo kwiga ihindurwa ry’itegeko nshinga
Perezida Petero Nkurunziza uyoboye u Burundi kuri uyu wa gatanu tariki 12 gicurasi 2017 yashyizeho komisiyo ishinzwe kwiga ivugururwa ry’itegeko nshinga, ahanini hagamijwe gukuramo manda zigenerwa umukuru w’Igihugu. Komisiyo yashyizweho na Perezida Nkurunziza, ije...
Read More
Umukwabu w’abana bajya mukabari wasize isomo ku babajyana n’ababaha ibisindisha
Ubu butumwa bwatanzwe nyuma y’umukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda wo kureba abana baba bari mu tubari. Uyu mukwabu wakozwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2017 mu gihugu...
Read More
Kamonyi: Ibirombe byahitanye ubuzima bw’abantu
Mu murenge wa Rukoma mu tugari twa Murehe na Taba ibirombe bicukurwamo amabuye y’agaciro yo mubwoko bwa Koruta byaridutse bihitana ubuzima bw’abantu babiri, umwe yakuwemo nubwo yaje gupfa nyuma undi aracyarimo. Kuri uyu wa...
Read More
Gatsibo: Polisi y’u Rwanda irishimira umudugudu utarangwamo ibyaha
Abatuye umudugudu wa Kagarama mu murenge wa Gitoki, bagaragaje ko ari indashyikirwa mu gukumira no kurwanya ibyaha, kuva uyu mwaka watangira nta cyaha na kimwe cyahagaragaye, kubwo gushyira hamwe banamaze gutanga Mituweli ya 2019,...
Read More
Perezida Robert Mugabe, abamubeshyera gusinzirira mu nama bafite ibibazo
Umukambwe Robert Mugabe uyobora Zimbabwe ngo burya bamubeshyera gusinzirira mu nama, mu birori kandi ngo aba ahisha amasoye urumuri, aba ayaruhura. Umuntu wese umusebya agakwirakwiza amakuru y’uko aba asinziriye ngo agiye kujya akurikiranwa abihanirwe...
Read More
Kamonyi: Ikiraro cya Mukunguri kidasanwe vuba kiri mu marembera
Ikiraro cya mukunguri gifasha gutsura umubano mu baturage b’uturere twa kamonyi na Ruhango, gikoreshwa n’imodoka ziremereye zikoreye imicanga ziyijyana mubice bitandukanye by’igihugu, kinyuzwaho umuceri uhingwa muri iki gishanga ujyanwa ku ruganda rwa mukunguri, kwangirika...
Read More
Imyuzure mu kirwa cya Zanzibar yatumye amashuri afungwa
Ikirwa cyigenga cya Zanzibar mu gihugu cya Tanzaniya, imyuzure yatumye amashuri ahagarikwa ndetse abantu 9 bakaba baburiwe irengero aho uduce twinshi twarengewe n’amazi y’imvura. Amashuri yose ari mukirwa cyigenga cya Zanzibar mu gihugu cya...
Read More