• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
24/07/26
Abanyamakuru barasabwa kutitandukanya n’Ubunyamwuga
24/07/26
Kamonyi: Urutonde rw’Amazina y’abantu 9 bapfiriye mu mpanuka ndetse na 13 bayikomerekeyemo
24/07/26
Ibyapa byo mu muhanda si Imitako yo ku nkingi-ACP Boniface Rutikanga
24/07/26
Kamonyi-Musambira: Impanuka y’Ikamyo na Minibisi yaguyemo abantu 9 hakomereka 12

Abasirikare n’Abapolisi bakuru muri Zimbabwe kati“ Nta guhirika ubutegetsi kwabaye”

Umwanditsi
June 11, 2020

Abategetsi bakomeye mu nzego z’umutekano mu Gihugu cya Zimbabwe babeshyuje ibyo bita ibihuha bivuga ko hari abashatse guhirika ubutegetsi buriho. Ni inyuma y’imyaka ibiri Robert Mugabe akuwe ku butegetsi n’agatsiko gashyigikiwe n’abasirikare. Abakekwa ngo bagamije kwanduza ishusho ya Perezida, bakaba bagiye guhigwa ndetse bakirukanwa.

Akanama kadasanzwe k’umutekano kagizwe n’abakuru b’abasirikare n’abapolisi gashinja abanyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, abahoze mu ishyaka rya Zanu-PF gukwirakwiza ayo makuru y’ibinyoma.

Uretse aba bahoze mu ishyaka rya Robert Mugabe bashinjwa gukwiza ibinyoma, ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko mu batugwa intoki mu gutiza umurindi ibi binyoma harimo n’itangazamakuru, abadipolomate b’abanyabulayi, hamwe n’abayoboye amadini n’amatorero.

Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa.

Abagize aka kanama k’umutekano, bavuga ko ibyo bihuha ari uburyo bwo kwanduza ishusho ya perezida, no kubiba ubwoba mu gihugu. Karatangaza ko ko Leta igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo abo yise abanzi ba Demokarasi bashyirwe ahagaragara kandi bahagarikwe

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6004 Posts

Politiki

4250 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1063 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga