• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/03/26
Rugalika-Masaka: Nta Kangononwa ku kwishyura Mituweri ifatiye kuri Sisitemu Imibereho
04/03/26
Umuco wacu muwurinde ico-Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa
04/03/26
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yihariye, idasanzwe yahawe izina,“ TUGANIRIRE MU MUDUGUDU”
04/03/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage

Nta kitwa inzoga mu nzu z’uburiro- Restaurant muri Kenya

Umwanditsi
July 29, 2020

Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje kuri uyu wa 27 Nyakanga 2020 ko nta nzoga zemewe gucururizwa mu nzu z’uburiro-Restaurant. Ni ingingo ifashwe mu rwego rwo kurushaho gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus. Abanyakenya bashinjwe kuba bataritwaye neza bagatuma iki cyorezo kirushaho kwiyongera mu kwezi gushize.

Uretse guhagarika icuruzwa ry’inzoga mu nzu z’uburiro, Perezida Kenyatta yanongereye igihe cyo gutembera mu ijoro, mu rwego rwo guhangana n’ukwiyongera kw’abandura icyorezo cya Coronavirus.

Perezida Kenyatta, yategetse ko nta muntu ugomba kongera kuva mu rugo kuva I saa tatu z’ijoro gushyika saa kumi za mugitondo, kandi ibi bikazamara iminsi 30 byubahirizwa.

Nkuko ijwi rya amerika ribitangaza, Kenya kimwe n’ibindi bihugu byo muri Afurika y’uburasirazuba, yafashe ingamba zikomeye zo kurwanya iki cyorezo, zirimo gufunga imbibe/imipaka mu kwezi kwa gatatu k’uyu mwaka wa 2020, no gufunga amashuri ndetse abanyagihugu babuzwa gutembera mu ijoro.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5934 Posts

Politiki

4183 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1043 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga