• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/03/26
Umuco wacu muwurinde ico-Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa
03/03/26
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yihariye, idasanzwe yahawe izina,“ TUGANIRIRE MU MUDUGUDU”
03/03/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage
03/03/26
Kamonyi: ½ cy’Abasoje Amasomo muri AFRICA FOOD SUPPLY bemerewe akazi

Urukingo rwa Covid-19 rw’Uburusiya ubanza rufite injyana, OMS/WHO yemeye imikoranire

Umwanditsi
August 14, 2020

Ishyirahamwe mpuzamahanga ryita ku buzima OMS/WHO, ryatangaje kuri uyu wa gatatu ko ryiteguye gukorana n’Igihugu cy’Uburusiya mu gukurikirana ibikorwa by’igeragezwa ry’urukingo rw’icyorezo cya Coronavirus iki gihugu giherutse gutangaza ko cyavumbuye.

Perezida Vladimir Putin yavuze ku musi wa kabiri, hari tariki 11 Kanama 2020 ko Uburusiya aricyo gihugu cya mbere cyemeje ko cyarangije gukora urwo rukingo naho igice cya nyuma cy’igeragezwa ryarwo ku bantu 2000 cyagombaga gutangira ku munsi wakurikiraga ijambo rye, hari kuwa Gatatu tariki 12 Kanama 2020.

OMS/WHO, ivuga ko inkingo 28 ku zirenga 150 zirimo kugeragezwa ku bantu, ko zitandatu muri zo zigeze ko rugero rwa gatatu, mu kugeragezwa ku bantu benshi.

Urukingo rw’Uburusiya, nkuko ijwi rya amerika ribitangaza, rwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi, Gamaleya gifatanije na Minisiteri y’ingabo. Ruriya rukingo ruri muri ziriya 28 zatangiye kugeragezwa ku bantu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5933 Posts

Politiki

4182 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1042 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga