• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
10/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
10/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
10/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza
10/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
10/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
10/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
10/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Gisagara/Gishubi: Gahunda y’irerero ibonwa nka kimwe mu bisubizo ku burezi bw’abana

Umwanditsi
October 16, 2020

Abatuye akarere ka Gisagara, Umurenge wa Gishubi, Akagari ka Nyakibungo, bavuga ko biyemeje kugira uruhare mu bibakorerwa kuko bibafasha kugera ku iterambere ryifuzwa ku gihe. Gahunda y’amarerero, ni kimwe mubyo aba baturage bavuga ko bafatanije n’izindi nzego izahindura imibereho, igafasha mu burezi n’uburere bw’abana.

Mu Rwanda, kuva hashyirwa imbaraga muri gahunda y’ubudehe, imibereho y’abaturage yazamuye ibipimo. Bamwe mu batuye mu kagari ka Nyakibungo mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara bavuga ko bahisemo kwiyubakira irerero kuko basanze bizabagirira akamaro ndetse bigakemura ibibazo by’uburezi bihari.

kubufatanye n’urwego rwa DASSO, Ngabonziza Francois Regis Umuhuzabikorwa w’urwego rw’umutekano DASSO mu karere ka Gisagara avuga ko batazahwema gutera ingabo mu bitugu igikorwa cyose kizamura abaturage kuko ubufatanye hagati y’inzego n’abayoborwa aribyo bikenewe kugirango igihugu gitere imbere.

Rutaburingoga Jerome uyobora w’akarere ka Gisagara wifatanije n’aba baturage mu kubaka iri rerero avuga ko ibikorwa nk’ibi by’iterambere akarere kazakomeza kubishyigikira ariko yibutsa abaturage ko aribo ba mbere bagomba gufata iyambere bakagira uruhare mu bibakorerwa.

Mu Karere ka Gisagara harabarurwa abana ibihumbi 43000 bitabira gahunda z’irerero. Biteganyijwe ko mu mwaka wa 2024, muri aka Karere buri kagari kazaba gafite irerero rijyanye n’icyerekezo cy’u Rwanda.

Venuste Habineza/Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga