• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/07/26
Kamonyi: Urutonde rw’Amazina y’abantu 9 bapfiriye mu mpanuka ndetse na 13 bayikomerekeyemo
23/07/26
Ibyapa byo mu muhanda si Imitako yo ku nkingi-ACP Boniface Rutikanga
23/07/26
Kamonyi-Musambira: Impanuka y’Ikamyo na Minibisi yaguyemo abantu 9 hakomereka 12
23/07/26
Paris: Dr Eugène Rwamucyo yongeye guhamywa ibyaha bya Jenoside ahanishwa gufungwa imyaka 27

Papa Wemba icyamamare muri Muzika yapfuye

Umwanditsi
April 24, 2016

Papa wemba, umukongomani wamamaye muri muzika cyane mu njyana ya Lumba yamaze kuva ku Isi y’abazima.

Kuri iki cyumweru Taliki ya 24 Mata 2016, umuhanzi w’icyamamare muri muzika wafatwaga na benshi nk’umuntu ukomeye munjyana ya Lumba haba ku mugabane wa afurika n’ahandi yapfuye.

Amazina nyakuri y’uyu muhanzi Papa wemba ni Jules Hungu Wembadio Pene Kikumba bikavugwa ko yavutse taliki ya 14/06/1949 akavukira ahitwa i Lubefu muri congo( Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo).

papa wemba ubwo yagwaga kurubyiniriro bagerageza kumuhagurutsa.
Papa wemba ubwo yagwaga kurubyiniriro abashinzwe ubutabazi bakagerageza kumuhagurutsa ajyanwa kwa muganga.

 

Uyu muhanzi ubwo yari yitabiriye iserukira muco Femua( Festival des Musiques Urbaines d’Anoumabo) mu gihugu cya cote d’ivoire yituye hasi aririmba babanza kugira ngo ni amafiyeri y’abahanzi gusa yaje kujyanwa kwa muganga ariko biranga.

Papa wemba ku myaka ye isaga 66, haba benshi mubakongomani igihugu cye cy’amavuko, haba se hirya no hino kubamuzi, bababajwe n’urupfu rwe kuko benshi mubahanzi cyane bamufataga nk’umuntu bigiyeho byinshi muri muzika.

Inkuru y’urupfu rw’uyu muhanzi wari icyamamare muri muzika injyana ya Lumba rwaje ari incamugongo ndetse benshi kugeza ubu ntibariyumvisha iby’urupfu rwe cyane ko n’abaganga bataratangaza mukuri icyaba cyamwishe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6003 Posts

Politiki

4249 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1063 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga