• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/07/26
Gisagara: Polisi yasabye abaturiye umupaka w’u Burundi kwirinda ibyaha byambukiranya imipaka
16/07/26
Kamonyi-ESB: Hatangirijwe Ibizamini bya Leta ku bana b’uwa 3 n’uwa 6
16/07/26
Kamonyi: Abarerera mu ishuri“Legacy Academy” barishimira Uburezi n’Uburere bihabwa abana babo
16/07/26
Gisagara-Save: Hamenwe Litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Obama yanze gusaba imbabazi kubyo Amerika yakoreye Hiroshima

Umwanditsi
May 27, 2016

Perezida Balack Hussein Obama, nyuma yo kugera i Hiroshima ku nshuro ya mbere nka Perezida ukiri ku butegetsi muri Amerika yanze gusaba imbabazi.

Taliki ya 6 Kanama 1945, nibwo ishyano ryaguye i Hiroshima mu guhugu cy’ubuyapani ubwo Amerika yahateraga igisasu kirimbuzi Bombe atomike (Nicleaire).

Ibyabaye Hiroshima na n’uyu munsi ntabwo biribagirana kandi ingaruka zabyo n’uyu munsi ziracyagaragara kubariho icyo gihe ndetse n’ababakomotseho.

Obama, yavuze ko ibyabaye uriya munsi w’italiki ya 6 Kanama atari ibikwiye kwibagirana, gusa yanze gusaba imbabazi ku bw’iyi Bombe atomike Amerika yateye Hiroshima.

Uyu musaza, nyuma y'ibyabaye Hiroshima yararokotse, yagize amahirwe yo guhoberana na Obama.
Uyu musaza, nyuma y’ibyabaye Hiroshima yararokotse, yagize amahirwe yo guhoberana na Obama.

Perezida Obama, niwe Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ugeze Hiroshima akiri kumwanya wo kuyobora Amerika kuva aya mahano yagwira ubuyapani mu 1945.

Mu rugendo rwe i Hiroshima, Obama yahoberanye n’umusaza ukiriho warokotse, Perezida Obama, yasabye ibihugu kudakoresha ibitwaro kirimbuzi (Nicleaire).

Mu iterwa ry’iyi Bombe atomike. Abantu ibihumbi 140 bahise bahasiga ubuzima, nyuma gato y’iminsi 2 abandi ibihumbi 74 bapfa bazize indi yatewe i Nakasaki.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5997 Posts

Politiki

4243 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1063 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

161 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga