Abaturage batuye mu mudugudu wa Gatare mu kagari ka Muganza umurenge wa Karama, batangaza ko ibyiza babonera mu mugoroba w’ababyeyi bigomba kuba igicumbi cy’iterambere ry’umuryango n’isoko y’urukundo rurambye. Mu mugoroba w’ababyeyi wo kuri uyu...
Read More
Abatwara ibinyabiziga baributswa guhagarara igihe bahagaritswe n’inzego zibishinzwe
Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara ibinyabiziga kujya bahagarara igihe cyose bahagaritswe n’Ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda cyangwa izindi nzego zibifitiye ububasha. Ubu butumwa butanzwe kubera ko hari abanga guhagaraga babitewe n’uko bishe...
Read More
Guturana n’uruganda rw’Icyayi byatumye bakirigita ifaranga
Bamwe mu baturage baturiye uruganda rw’icyayi rwa Kitabi ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, batangaza ko guturana n’uruganda byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage basaga ibihumbi 2000 bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Kitabi,...
Read More
Ikipe ya Rayon sports yahinyuje abayifurizaga gutsindirwa i Nyagisenyi
Mu mukino wahuje ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’Amagaju FC kuri iki cyumweru kuri sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe, abifurizaga Rayon kuhakubitirwa bakozwe n’isoni. Kuri iki cyumweru tariki ya 4 ukuboza 2016,...
Read More
Abagabo 3 bari muburoko bakekwaho ubujura bw’ibyuma by’imodoka by’agaciro ka Miliyoni 24
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafashe ibyuma by’imodoka bifite agaciro ka Miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda byibwe Kompanyi ikora imirimo y’Ubwubatsi yitwa NPD- COTRACO. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi...
Read More
Nyamagabe: Inyubako nshyashya serivise inoze kandi hafi
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert, atangaza ko kuba babonye inyubako nshya kandi igezweho y’akarere biruhuye abaturage, bizafasha ubuyobozi mu kumenya imikorere n’imitangire ya Serivise zihabwa umuturage binafashe ubuyobozi gukorera hamwe. Akarere ka Nyamagabe...
Read More
Ikipe ya Rayon Sports iragirwa inama yo kujya i Nyagisenyi yikandagira
Mu mukino w’umupira w’amaguru ugomba guhuza Rayon Sports FC n’Amagaju kuri iki cyumweru, umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe ngo nta kabuza biteguye kudatuma ikipe ya Rayon Sport FC ikomeza kwigamba kudatsindwa no kutinjizwa igitego. Mugisha...
Read More
Dr Richard Sezibera niwe yatorewe gusimbura Nyakwigendera Senateri Mucyo
Dr Sezibera Richard wahoze ari Mimisitiri w’Ubuzi mu Rwanda akaza no kuba Umunyamabanga w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), niwe watorewe gusimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu uherutse kwitaba Imana. Amakuru aturuka muri Komisiyo y’Igihugu...
Read More