Ubutegetsi bwa Nijeriya bwatangaje ko abakobwa 82 muri 276 umutwe w’abarwanyi wa Boko Haram wari warashimuse barekure, byitezwe kandi ko kuri iki cyumweru bahura na perezida w’iki gihugu. Aba bakobwa barekuwe kuri uyu wa...
Read More
Ibikorwa bya polisi y’u Rwanda mu kurwanya ubujura mu mujyi wa Kigali, akabajura kashobotse
Imibare ituruka muri Polisi y’u Rwanda yerekana ko ingufu nyinshi zashyizwe mu kurwanya ubujura zatanze umusaruro, aho 75% by’ibyibwe mu mezi 8 ashize byagarujwe. Ibyibwe biri mu bwoko 54 birimo za mudasobwa, amaterefoni, za...
Read More
Muhanga: Umugabo yafatanywe amayero 1300 ari kuri banki ayavunjisha
Polisi ikorera mu karere ka Muhanga yafashe kandi ifunga umugabo witwa Nsengiyumva Modeste w’imyaka 32 afatanywe amafaranga y’amayero ( amafaranga akoreshwa ku mugabane w’iburayi)agera ku 1300 y’amahimbano. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Polisi w’umusigire mu...
Read More
Ibigo 4 bitanga Serivisi z’umutekano byafungiwe imiryango kubwo kutagira ibyangombwa
Amategeko n’amabwiriza, kubahiriza ibisabwa birimo kugira ibyangombwa byuzuye mu gushinga ikigo gitanga serivisi z’umutekano nibyo Polisi y’u Rwanda isaba banyiri ibi bigo, ni nabyo kandi byaviriyemo ibigo 4 gufungirwa imiryango kubwo kutuzuza ibisabwa. Polisi...
Read More
Nyuma y’imyaka 41 ashakishwa kubwo kwica umuntu yatawe muri yombi aho yari yihishe
Uwishe umuntu mu myaka 41 ishize dore ko hari mu 1976 yatawe muri yombi nyuma yuko haboneka amakuru y’aho aherereye bagatangira ku muhigisha uruhindu bikarangira bamufatiye mu ishyamba nubwo ngo ubwoba bwari bwose ku...
Read More
ADEPR: Aho bucyera abayobozi bakuru bayo barashirira muburoko bazira umutungo w’itorero
Nyuma y’abayoboke ba ADEPR ndetse bakaba n’abakozi bayo batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda aho bakurikiranyweho ibijyanye n’umutungo w’iri torero, umuvugizi waryo wungirije akaba anashinzwe ubuzima bw’itorero ari mu maboko ya Polisi. Bishop...
Read More
Umwiherero w’abayobozi ba Polisi mu butumwa butatu bwa Loni wibanze ku kurinda abasivili no kurwanya ihohoterwa
Umwiherero wa kabiri uhuje abayobozi ba Polisi mu butumwa bw’amahoro bwa Loni butatu buri muri Sudani y’Epfo, Darfur na Abyei wibanze ku kurinda abasivili no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina nk’ibintu by’ibanze. Avugana n’itangazamakuru,...
Read More
Kamonyi-Army Week: Abaturage barashima ko bafite ingabo zitari nk’izo babonaga bagahunga
Mu cyumweru cy’Ingabo-Army week cyatangijwe none tariki 4 Gicurasi 2017 mu gihugu hose, mu karere ka Kamonyi ingabo zifatanije n’abaturage guhinga igishanga gifite ubuso bwa Hegitali 83 zizaterwamo imboga n’ibishyimbo, abaturage bati Ingabo ni...
Read More
Impanuro za Dr Vuningoma k’umunsi w’Ubwisanzure bw’itangazamakuru
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru mu Rwanda, i Remera ahakorera ishirahamwe ry’abanyamakuru (ARJ) n’urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) niho wizihirijwe, hagarutswe cyane ku guhuza ubwisanzure n’indangagaciro z’umuco nyarwanda. Umunsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru mu Rwanda...
Read More
Kamonyi-Ruyenzi: Baratabaza ngo bakizwe urusaku n’urugomo by’akabari kahadutse
Akabari kitwa ZAG ZAG kadutse mu isantere y’ubucuruzi ya Ruyenzi gakora hafi ijoro ryose dore ko bamwe bajya kuhabyinira bugacya, abagaturiye basaba ubuyobozi gutabara kuko ngo barembejwe n’urusaku rubabuza gusinzira hamwe n’urugomo rw’abayoboke bako...
Read More