• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/08/26
Ruhango: Abakomoka i Mbuye bahagurukiye guteza imbere aho bakomoka
14/08/26
Huye: Polisi yahuguye abakorera n’abarema isoko rya Rango ku gukumira no kurwanya inkongi z’umuriro
14/08/26
RIB na Polisi, beretse Itangazamakuru abarimo nyiri Uruganda Ingufu Gin Ltd bakekwaho ibyaha bitandukanye
14/08/26
Kamonyi: Turasaba Ababyeyi ko Umuganura utaba umuhango gusa-Visi Meya Uzziel Niyongira

Kamonyi: Umuyobozi wa WFP (PAM) ku isi yasuye abahinzi b’ibigori mu Kibuza-Amafofo

Umwanditsi
March 29, 2019

David Beasley, umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ku isi-WFP(PAM) kuri uyu wa 28 Werurwe 2019 yageze bwa mbere mu karere ka Kamonyi aganira n’abahinzi bibumbiye muri Koperative KABIAKI, bahinga ibigori mu gishanga cya Kibuza mu Murenge wa Gacurabwenge. Aya ni amwe mu mafoto twaguhitiyemo yaranze uru ruzinduko.

David Beasley aganira na Alice Kayitesi/ Mayor Kamonyi, akanyamuneza karagaragara kuri bose.

 

Umuyobozi wa WFP aganira n’abahinzi.

 

Mayor Kayitesi yashimiraga uyu muyobozi anamwifuriza urugendo ruhire we n’umufasha we n’ababaherekeje.

 

Icyo nabonye nawe ureba ni uko uyu mukecuru ari kumwongorera ariko ibindi ntacyo numvise.

 

Aha ibyishimo ni byose ku ndamukanyo y’umukecuru.

 

Nabonaga baganira ariko ibyo bavugaga si nabyumvaga.

 

 

Dadid Beasley bamuhaye impano we n’umufasha we agaragaza ibyishimo.

 

 

Ifoto rusange.

 

Nyuma y’uko umushyitsi agiye ibigori byahuye n’akaga.

 

 

Ubu bwanikiro n’ubwo bushaje ariko buracyakora akazi.

 

Ubwanikiro bushya.

Soma inkuru irambuye ijyanye n’uru ruzinduko rwa David Beasley mu karere ka kamonyi hano: http://www.intyoza.com/kamonyi-umuyobozi-wa-wfp-ku-isi-yijeje-abahinzi-bibigori-ko-azaratira-perezida-kagame-ibyo-yabonye/

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6013 Posts

Politiki

4259 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1069 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga