• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
26/08/26
Kamonyi-Kamuhanda: Site y’Inganda yitezweho kugaragaza Isura nziza y’Amarembo y’Akarere yatangiye gutunganywa
26/08/26
Kamonyi/CNF: Abagore barishimira uruhare rwabo mu gukura bagenzi babo mu murongo w’Ubukene
26/08/26
Kamonyi-Bwirabo: Ruhurura yashyiraga ubuzima bw’abaturage mu kaga irimo kubakwa
26/08/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Umusore w’imyaka 21 y’amavuko yasanzwe amanitse mu giti cya Avoka

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha-CPI ruvuga ko rudatinya iterabwoba rya Amerika

Umwanditsi
June 17, 2020

Umucamanza mukuru w’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha-CPI, avuga ko nta kimutera ubwoba, nyuma y’aho Perezida w’Amerika Donald Trump ategekeye ko hajyaho ibihano kuri uru rukiko rushaka guperereza ku byaha byo mu ntambara byaba byarakozwe n’abasirikare ba Amerika muri Afghanistani.

Fatou Bensouda, yabwiye Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru ko atazacika intege kucyo uru rukiko rwiyemeje cyo gucira imanza abakoze ibyaha byo mu ntambara.

Perezida Donald Trump ku munsi wa kane tariki 11 Kamena 2020, yategetse ibihano by’ubutunzi/ubukungu no guhagarika ingendo muri Amerika ku bakozi b’uru rukiko-CPI n’imiryango yabo. Minisitiri w’Ubutabera wa Amerika, William Barr, yatangaje kandi ko Minisiteri ayoboye ifite ibyemeza ko uru rukiko rwaranzwe na ruswa.

Minisitiri ushinzwe Ubutwererane n’Ububanyi n’Amahanga wa Amerika, Mike Pompeo, nawe yavuze ko Amerika itari muri uru rukiko, yongera anateguza/abwira ibihugu byo ku mugabane w’I Bulayi by’inshuti, bihuriye mu muryango wo kurwanyiriza hamwe umwanzi wa OTANI, Abibwira ko nabyo bishobora gukurikiranwa n’uru rukiko ku byaha byo mu ntambara bakoze muri Afghanistani.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6019 Posts

Politiki

4265 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1073 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga