• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
28/07/26
Kamonyi-Gacurabwenge: RIB yafunze abantu 5 barimo Gitifu w’Akagari na Mudugudu
28/07/26
Abanyamakuru barasabwa kutitandukanya n’Ubunyamwuga
28/07/26
Kamonyi: Urutonde rw’Amazina y’abantu 9 bapfiriye mu mpanuka ndetse na 13 bayikomerekeyemo
28/07/26
Ibyapa byo mu muhanda si Imitako yo ku nkingi-ACP Boniface Rutikanga

Abakingiwe urukingo rwa AstraZeneca bagiye guhabwa Doze ya 2 irushimangira

Umwanditsi
May 28, 2021

Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021, Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hatangira gutangwa Doze ya kabiri ku bahawe iya mbere y’urukingo rwa AstraZeneca. Ni nyuma y’uko amezi yari agiye kuba atatu abahawe urwa mbere bibaza iherezo.

Iri kingira ku baturage bari barahawe Doze ya mbere y’uru rukingo, rije nyuma y’aho u Rwanda rutangarije ko rwamaze kwakira inkingo 247,000 za AstraZeneca. Muri izi nkingo, harimo 117,600 zatanzwe na Leta y’u Bufaransa, aho Perezida Macron wari mu ruzinduko mu Rwanda yaje azizanye nk’inkunga igihugu cye ku Rwanda.

Dore uko itangazo rya RBC ribivuga;
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6005 Posts

Politiki

4251 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1064 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga