Dusabane Eric w’imyaka 19 y’amavuko ukekwaho kwica Byabarusara Faustin w’imyaka 40 y’amavuko amuteye icyuma mu ijosi akamuta mu myumbati hafi n’inzira mu Mudugudu wa Cyeru, Akagari ka Kabugondo, Umurenge wa Mugina ho mu karere...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Urupfu rw’Umugabo waguye mukirombe rwabanjirijwe n’urw’abana babiri baguye mu cyobo
Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cy’aho bita ku Muganda giherereye mu Mudugudu wa Nyarurama, Akagari ka Bugoba, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024 ahagana ku i saa kumi n’imwe...
Read More
Urwango rukomeje kuzamurwa n’abatishimiye umukobwa uhatanira ubwiza(Miss) muri Afurika y’Epfo
Umwe mu bakobwa bahatanira kuba “Miss South Africa 2024” arimo kuvugwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Afurika kubera ibyo arimo gukorerwa muri Afurika y’Epfo bitewe n’inkomoko y’ababyeyi be. Chidimma Vanessa Adetshina, ari mu bakobwa...
Read More
France-Olympic games: Aho kuririmba indirimbo ya Sudani y’Epfo baririmbye iy’ikindi gihugu biteza induru
Abategura imikino ya Olempike irimo kubera mu Bufaransa bacuranze indirimbo y’Igihugu itari yo kuri Sudani y’Epfo. Byari mbere yuko icyo Gihugu gikina umukino wa mbere w’intoki wa basketball mu bagabo n’igihugu cya Puerto Rico....
Read More
Urugamba rwo gukumira no kurandura icuruzwa ry’abantu(Human Trafficking) rureba buri wese-Olivier Ngizwenimana
Umuyobozi w’Umuryango Delight Rwanda utegamiye kuri Leta, bwana Olivier Ngizwenimana asaba buri wese kurwana nk’uwirwanirira hagamijwe guca burundu icuruzwa ry’abantu. Ahamya ko buri wese iki kibazo akigize icye icuruzwa ry’Abantu( Human Trafficking) ryacika burundu....
Read More
Kamonyi-Mugina: Umugabo w’imyaka 40 yasanzwe mu myumbati yishwe asa n’uwakaswe ijosi
Muri iki gitondo tariki 26 Nyakanga 2024, ahagana ku i saa kumi n’ebyiri hamenyekanye amakuru y’uko mu Mudugudu wa Cyeru, Akagari ka Kabugondo, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, umugabo witwa Byabarusara...
Read More
Kamonyi-Kayumbu: Hari abagicana udutadowa kandi intsinga z’umuriro zibaca hejuru
Abatuye Akagali ka Gaseke, Umurenge wa Kayumbu ho mu Karere ka Kamonyi bavuga ko umuriro bazi mu ngo zabo ari uwo muziko, gucana amatoroshi igihe cy’ijoro no gucana udutadowa kuko uw’Amashanyarazi babona intsinga zawo...
Read More
Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yirukanywe muri Guverinoma
Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, none ku wa 25 Nyakanga 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yirukanye mu mirimo Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc wari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda....
Read More
Uganda: Abasaga 60 biganjemo urubyiruko bamaze gutabwa muri yombi kubera imyigaragambyo yo kwamagana Ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’Igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na Leta, nk’uko ibinyamakuru muri Uganda bibivuga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga kuri...
Read More
Kamonyi-Runda: Ibara mubasaba Serivise zo kuboneza urubyaro, baratabaza
Abagana Poste de Santé ya Gihara, ahatangirwa Serivise zo kuboneza urubyaro zakabaye zitangirwa mu kigo nderabuzima cya Gihara ariko kuko ari icy’Abihaye Imana Gatolika( Ababikira) bakaba batabyemera, baratabaza ku bw’ibyo bavuga bahurira yo nabyo,...
Read More