• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/09/26
Mufti yasabye Abasilamu kugira uruhare mu iterambere ry’imijyi ibumbatiye Amateka y’Abasilamu n’ubuyislamu
11/09/26
Kamonyi-Rukoma: Ukekwaho Gutwika Urugo, Ikiraro, Inka n’Ingurube yatawe muri yombi
11/09/26
Amajyepfo: Polisi yasabye abamotari kugira uruhare mu gukumira ibyaha
11/09/26
Kamonyi-Rukoma: Inka, Ingurube n’ibiraro n’urugo byatwitswe n’abataramenyekana

Perezida Museveni, yirukanye mu mirimo Minisitiri w’Umutekano wa Uganda hamwe n’ukuriye Igipolisi

Umwanditsi
March 4, 2018

Umukuru w’Igihigu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yirukanye mu mirimo Lt Gen Henry Tumukunde wari Minisitiri w’umutekano, yirukanye kandi Gen. Kale Kayihura wari ukuriye Polisi ya Uganda.

Perezida Muzeveni wa Uganda, yahisemo kwirukana mu mirimo Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Lt Gen Henry Tumukunde hamwe na Gen. Kale Kayihura wayoboraga Polisi ya Uganda. Kwirukanwa mu mirimo kw’aba bategetsi bibaye nyuma y’igihe kitari gito hari umwuka utari mwiza watumaga hapfa byinshi mu mirimo bari bashinzwe.

Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Lt Gen. Henry Tumukunde yahise asimbuzwa Gen. Elly Tumwine mu gihe Gen. Kayihura yasimbujwe uwari asanzwe amwungirije Okoth Ochola.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Perezida Museveni yavuze ati ” Mu bubasha mpabwa n’itegeko Nshinga, Nashyize Gen Elly Tumwine ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano. Nagize kandi bwana Okoth Ochola umukuru wa Polisi(IGP). Azungirizwa na Brig Sabiiti Muzeei.”

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6029 Posts

Politiki

4275 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1079 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga