• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
18/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
18/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
18/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Minisitiri w’ubuzima wari umaze igihe ategerejwe yashyizweho, ba Guverineri 3 baricazwa

Umwanditsi
October 4, 2016

Mu mpinduka zitunguranye umukuru w’igihugu Paul Kagame yakoze, Minisiteri y’ubuzima itagiraga umuyobozi yamubonye naho ba Guverineri batatu barasimburwa.

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 4 Ukwakira 2016, umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka zitandukanye muri Guverinoma zanaje zitunguranye aho zisize uwari minisitiri w’uburinganire n’iterambere Dr Diane Gashumba agizwe Minisitiri w’Ubuzima naho batatu muri ba Guverineri bakicazwa.

Dr Diane Gashumba wahawe kuyobora Minisiteri y'Ubuzima.
Dr Diane Gashumba wahawe kuyobora Minisiteri y’Ubuzima.

Dr Diane Gashumba, wahawe kuyobora Minisiteri y’ubuzima, asimbuye Dr Binagwaho Agnes wari uherutse gukurwa kuri uyu mwanya mu mezi hafi atatu ashize Minisiteri ikaba yari imaze iminsi itagira Minisitiri uyiyobora.

Muri izi mpinduka kandi, abaguverineri batatu muri bane bakuwe mu mirimo barasimbuzwa. Mu basimbujwe barimo, Guverineri w’intara y’uburasirazuba, Guverineri w’Intara y’amajyaruguru hamwe na Guverineri w’Intara y’iburengerazuba.

Guverineri Bosenibamwe aime, yakuwe ku mwanya wo kuyobora intara y’amajyaruguru asimbuzwa Musabyimana Claude, Guverineri Uwamariya Odette yakuwe ku kuyobora intara y’uburasirazuba asimbuzwa Kazayire Judith wari umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage naho Guverineri Mukandasira Cartas w’intara y’uburengerazuba arayamburwa ihabwa Mureshyankwano Marie Rose.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga