• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/09/26
Mufti yasabye Abasilamu kugira uruhare mu iterambere ry’imijyi ibumbatiye Amateka y’Abasilamu n’ubuyislamu
11/09/26
Kamonyi-Rukoma: Ukekwaho Gutwika Urugo, Ikiraro, Inka n’Ingurube yatawe muri yombi
11/09/26
Amajyepfo: Polisi yasabye abamotari kugira uruhare mu gukumira ibyaha
11/09/26
Kamonyi-Rukoma: Inka, Ingurube n’ibiraro n’urugo byatwitswe n’abataramenyekana

Perezida Trump yahuye na Perezida Putine bwa mbere

Umwanditsi
July 7, 2017

Donald Trump, Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagize umwanya wo guhura bwa mbere na Perezida Vladimir Putine w’Uburusiya ubwo bahuriraga mu nama ya G-20 irimo kubera mu gihugu cy’ubudage.

Perezida Trump hamwe na Vladimir Putine w’Uburusiya, ntabwo ari byinshi mubyo baganiriye batangaje, mu magambo macye batangarije itangazamakuru, Perezida Trump yavuze ko byari iby’agaciro guhura na Perezida Putine.

Trump, yatangaje kandi ko ibiganiro yagiranye na Putin yizera ko bizakomeza kandi imibanire ya Leta zunze ubumwe za Amerika n’Igihugu cy’Uburusiya ikazarushaho gukomera.

Perezida Vladimir Putin, ntabwo yanyuranije na mugenzi we Trump kubyo yavuze ahubwo yongeyeho ko guhura kwabo gukenewe kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye bireba Isi.

Imibanire y’ibihugu byombi, yatangiye kugenda icumbagira ubwo Igihugu cyUburusiya cyiyomekagaho Crimée, ugushyigikira Perezida wa Siriya hamwe n’ibivugwa ko bwivanze mu matora y’umukuru w’Igihugu cya Amerika aheruka.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Amerika, Rex Tillerson hamwe n’uw’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov, nkuko tubikesha bbc ngo bari muri uwo mubonano washyizwe mu bikomeye kurusha ibindi muri iyo nama ya G-20 yatangiye kuri uyu wa gatanu tariki 7 Kanama 2017.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

6029 Posts

Politiki

4275 Posts

Ubuhinzi

155 Posts

Ubukungu

1079 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

162 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga