• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
09/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
09/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
09/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Igitero cy’iterabwoba cyagombaga guhanura indege cyaburijwemo

Umwanditsi
July 30, 2017

Abantu bane mu gihugu cya Australiya batawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano, bakurikiranyweho gutegura igitero cy’iterabwoba cyaburijwemo mu gihe cyari kigamije guhanura indege.

Igipolisi cya Australiya gitangaza ko abantu bane bakekwaho umugambi mubisha wateguraga igitero cy’iteraboba cyari kigamije guhanura indege batawe muri yombi, gitangaza kandi ko ingamba z’umutekano zakajijwe.

Minisitiri w’intebe w’Igihugu cya Australiya, yatangaje ko haburijwemo igitero cy’iterabwoba cyari cyateguwe n’ibyihebe bigamije guhanura indege. Igipolisi kivuga kandi ko umutekano ku bibuga by’indege byose by’iki gihugu wakajijwe.

Malcolm Turnbull, Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, yatangarije itangazamakuru ko igihugu cya Australiya kibangamiwe bikomeye n’abakora ibikorwa by’iterabwoba. Umugore bivugwa ko umugabo we n’umuhungu we bari mubafashwe, yatangaje ko ntaho bahuriye n’iteraboba.

Kuva mu mwaka wa 2014 kugeza ubu, abantu 70 muri iki gihugu cya Australiya nibo bamaze gufatwa ndetse bagafungwa bakurikiranyweho ibikorwa by’iterabwoba.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga