• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/03/26
Kamonyi: Ntabwo tuje kuba abayobozi ba PSF, tuje kuba abakozi banyu-Ntiyamira Felix( aka Yadema)/PSF
14/03/26
Rugalika-Umunsi w’Umugore: Gifts Rwanda yaremeye Abagore iboroza Ihene
14/03/26
Kamonyi-Rugalika: Ibintu 5 Polisi yasabye abaturage kubizibukira burundu
14/03/26
Rugalika-Masaka: Nta Kangononwa ku kwishyura Mituweri ifatiye kuri Sisitemu Imibereho

Umwongerezakazi yarashwe n’abagizi ba nabi ararusimbuka

Umwanditsi
August 8, 2017

Ubwo yari kumwe n’umuryango we, umugabo hamwe n’abana babo batatu, umwongerezakazi witwa Eloise Dixon, yarashwe n’abagizi ba nabi mu gihugu cya Brazil ku bw’amahirwe ararusimbuka.

Umwongerezakazi witwa Eloise Dixon yarasiwe imbere y’abana be batatu n’umugabo we. Ibi byabereye muri umwe mu mijyi mito yo muri Brazil ubwo yari mu modoka hamwe n’umuryango we.

Uyu mugore ufite imyaka 46 y’amavuko witwa Eloise Dixon, aturuka I Dartford mu mujyi wa Kent, yarashwe mu nda ubwo igisambo cyarasaga ku modoka yari arimo we n’umuryango we bari mu biruhuko mu mugi wa Angra dos Reis.

Police yavuze ko nyuma yo kugira ikibazo cyo kutumva ururimi neza, bafashe icyerekezo kitari cyo bashaka kugura amazi. Icyo gihe umugabo yari kuri vola atwaye naho abana bicaye ku ntebe z’inyuma zo mu modoka. Bahise batakwa n’ibisambo bibiri bihita birasa ku modoka yari ibatwaye yo mu bwoko bwa Renault Fluence. Icyo gihe imodoka yakomeje kugenda ihita imujyana kubitaro.

Umuryango wose uri hamwe.

Umukuru wa Police; Bruno Gilaberte, nkuko dailymail dukesha iyi nkuru ibivuga,  yatangaje ko ubwo bari mu muhanda mukuru batwaye bava mu mujyi wa  Rio bagana I Santos baje kugera ahitwa Agua Santa – Holy Water bagashaka aho bagura amazi.

Nyuma yo kubona icyapa Cyanditseho ngo “Amazi Yahawe umugisha cyangwa se amazi Matagatifu.” Icyo gihe bahise bibwira ko aho bahabona amazi kubera ikibazo cy’ururimi, maze bakata bagana ku gice cyerekeranye n’iyo karitsiye ya Agua Santa ari naho bakubitaniye n’abagizi ba nabi barashe ku modoka yabo.

Yatangaje kandi ko barashweho nyuma yo  kuburirwa ngo bave muri icyo gice cy’umugi. Nyuma yo kwerekezwa kwa muganga, ubuzima bwa Dixon bumeze nza.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5937 Posts

Politiki

4186 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1045 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga