• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Perezida wa Tuniziya yahuye n’umunyabanga w’ingabo za Amerika baganira ku bibazo bya Libiya

Umwanditsi
October 2, 2020

Ku ya 30 Nzeri 2020, Perezida wa Tuniziya, Kais Saied yabonanye n’umunyamabanga w’ingabo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika Mark Esper muri Tuniziya ku bibazo byo kurwanya iterabwoba ndetse n’ikibazo cya Libiya. Ni mu ruzinduko rwe rw’umunsi umwe muri iki gihugu,. nk’uko byatangajwe na Perezidansi.

Baganiriye ku bufatanye bwa Amerika na Tuniziya mu bijyanye n’ubukungu, umutekano, ingabo, kurwanya iterabwoba n’ibibazo byo mu karere bihangayikishije.

Ku kibazo cya Libiya, Saied yavuze ko igisubizo cy’iki kibazo kigomba gushingira ku masezerano y’imitwe yose ya Libiya itivanze n’amahanga yose.

Yashimangiye ko Tuniziya yiteguye gutanga ibishoboka byose kugira ngo hashakwe igisubizo cya politiki kigarura ubumwe n’umutekano wa Libiya kubera ko Tuniziya ari kimwe mu bihugu byabangamiwe cyane n’ibibazo bya Libiya.

Ku ruhande rwe, Esper yavuze ko Amerika nayo yiteguye gutanga umusanzu mu gukemura ibibazo by’amahoro byakemura ikibazo cya Libiya kandi bikagerwaho mu karere.

Muri uwo munsi, Minisitiri w’ingabo muri Tuniziya, Ibrahim Bartaji yasinyanye na Esper igishushanyo mbonera cy’ubufatanye bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi mu gihe cya 2020-2030.

Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ingabo, iyi mbonerahamwe igamije kongera ubushake bw’ingabo za Tuniziya no guteza imbere ubushobozi bwabo bwo guhangana n’umutekano ndetse n’ibibazo biri mu karere
Source: xinhuanet.com

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga