• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/06/26
Amajyepfo: Polisi iragira iti“ Ntabe ari Njye urebera abakora ibinyuranyije n’Amategeko…, ibyaha”
13/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
13/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
13/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside

Mehbooba Mufti wahoze ari minisitiri w’umujyi wa Kashmir yavuye mu gihome nyuma y’amezi 14

Umwanditsi
October 14, 2020

Umukobwa we yavuze ko uyu munyapolitiki ukomeye mu ntara ya Kashmiri yafunzwe n’abayobozi b’Abahinde amezi agera kuri 14 nyuma yo gushaka ubwigenge bw’aka karere umwaka ushize.

Mehbooba Mufti w’imyaka 61, wahoze ari minisitiri w’intebe muri Jammu na Kashmir, yari mu bayobozi batawe muri yombi n’itegeko rigenga umutekano w’igihugu (PSA) nyuma yuko guverinoma ihuriweho muri Kanama 2019 ikuyeho ingingo ya 370 y’itegeko nshinga ry’Ubuhinde.

Umukobwa we yandika Kuri Twitter yagize Ati: “Mu gihe ifungwa rya Madamu Mufti ryabaye mu buryo butemewe n’amategeko rirangiye, ndashaka gushimira abantu bose banshigikiye muri ibi bihe bikomeye”.

Mufti yahoze ari minisitiri mu gihugu cy’Ubuhinde yafunganywe na Omar Abdullah kimwe na Ali Mohammad Sagar na Sartaj Madni, bari abayobozi b’ishyaka ryo mu gace ka Kashimir.

Omar Abdullah na se Farooq Abdullah, na we wahoze ari minisitiri, barekuwe mu ntangiriro zuyu mwaka.
Source:Aljazeera

Venuste Habineza/intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5981 Posts

Politiki

4228 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga