• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/06/26
Amajyepfo: Polisi iragira iti“ Ntabe ari Njye urebera abakora ibinyuranyije n’Amategeko…, ibyaha”
13/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
13/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
13/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside

Tanzania ntabwo ikozwa iby’urukingo rwa Covid-19, ishaka umuti gakondo

Umwanditsi
December 17, 2020

Amakuru avuga ko Leta ya Tanzania yavuze ko idafite gahunda yo gutumiza inkingo za Covid-19, ko ahubwo yizeye ubushakashatsi “ku byatsi” byo muri icyo gihugu.

Mu kiganiro n’ikinyamakuru The East African, Gerald Chami, umuvugizi wa minisiteri y’ubuzima, yakomeje avuga ko afite amakenga niba inkingo zitumizwa mu mahanga nta bibazo ziteza ku buzima kandi niba ari ingirakamaro.

Yavuze ko zakozwe mu buryo bwihuse cyane kuburyo zitaba zarageragejwe neza. Igerageza ry’inkingo za Covid-19 ryubahiriza ibisabwa bikomeye byo ku rwego mpuzamahanga.

Imyitwarire ya Tanzania kuri Covid-19 nkuko BBC ibitangza, itandukanye cyane n’iy’ibindi bihugu bituranye nayo, mu gihe cya vuba gishize byongeye kugira ubwiyongere bw’ubwandu bushya.

Mu mpera y’ukwezi kwa kane 2020, Tanzania yahagaritse gutangaza imibare mishya ijyanye na Covid-19, ndetse mu kwezi kwa gatandatu Perezida John Pombe Magufuli avuga ko iyo virusi itakirangwa mu gihugu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5981 Posts

Politiki

4228 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga