• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
07/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
07/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
07/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
07/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Imfungwa hafi 50 muri Equateur zishwe nyuma y’imirwano yabereye muri Gereza

Umwanditsi
February 24, 2021

Abategetsi muri Equateur bavuze ko imfungwa hafi 50 zo muri Gereza eshatu zapfuye, abandi batari bake barakomereka kuri uyu wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, nyuma y’aho imitwe y’intagondwa y’abo bafungwa idacana uwaka yatanaga mu mitwe/yarwanaga.

Polisi mu gihugu cya Equateur, ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yatangaje ko ubwo bwicanyi bwabereye mu Ntara za Guayas, Azuay na Cotopaxi.

Perezida wa Equateur, Lenin Moreno, yegetse ubwo bwicanyi ku cyo yise imitwe y’abicanyi ihora yatanye mu mitwe muri Gereza zitandukanye. Abategetsi bavuze ko barimo bakora kugira ngo bongere kugenzura izo Gereza.

Mu kwezi kwa cumi na kabiri k’umwaka ushize nkuko VOA ibitangaza, imigumuko/imvururu nk’iyo hagati y’iyo mitwe yahitanye ubuzima bw’imfungwa 11 hamwe n’abandi 7 bakomeretse. Ugutana mu mitwe hagati y’abafungwa kwahitanye 51 mu mwaka wa 2020, nkuko bivugwa na Polisi.

Equateur ifite imfungwa zigera ku 38 000, mu gihugu gifite miliyoni 17 z’abaturage.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga