• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/06/26
Amajyepfo: Polisi iragira iti“ Ntabe ari Njye urebera abakora ibinyuranyije n’Amategeko…, ibyaha”
13/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
13/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
13/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside

Impunzi z’Abarundi na Polisi ya Tanzaniya bakozanijeho hakomeraka 16

Umwanditsi
June 12, 2021

Abantu 16 bakomerekeye mu bushyamirane bwabaye hagati y’impunzi z’Abarundi na Polisi y’Igihugu cya Tanzaniya mu nkambi ya Nyarugusu. Ni ubushyamirane bwakomotse ku kutemeranya ukwiye kuyobora inkambi mu matora yabaye.

Ubwo bushyamirane bwaturutse ku kutumvikana ku cyemezo ubutegetsi bwo muri icyo gihugu bwafashe cyo kwemeza Umunyekongo wari waje ku mwanya wa kabiri mu matora y’ubuyobozi bw’impunzi muri iyo nkambi.

Impunzi z’Abarundi nkuko VOA ibitangza, zivuga ko Umurundi ari we wari watsinze ayo matora ku majwi 6409 mu gihe Umunyekongo waje ku mwanya wa kabiri yabonye amajwi 3455.

Gusa ubutegetsi bwa Leta bushinzwe inkambi aho muri Tanzaniya bwategetse ko uwo Munyekongo ari we ushingwa ubuyobozi bw’inkambi.

Ibyo byateye imvururu mu mpunzi z’Abarundi zitakozwaga iby’icyo cyemezo. Imvururu zatangiye kuwa kane nimugoroba zigeza kuri uyu wa gatanu ubwo byabaga ngombwa ko hitabazwea polisi.

Polisi yahise itangira gufata abakekwaho guhungabanya umutekano no gusubiza inyuma abarimo bigaragambya hakoreshejwe amasasu n’ibyuka biryana mu maso

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5981 Posts

Politiki

4228 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga