• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
06/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
06/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
06/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Kwicuza kuva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi byatangiye

Umwanditsi
June 25, 2016

Mu gihe umubare w’amajwi 52% y’abongereza watoye ko ubwongereza buva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, bamwe batangiye kwicuza icyemezo bafashe.

Bidateye kabiri abongereza batoye ku majwi 52% ko igihugu cyabo kiva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, ingaruka bamwe zatangiye gutuma bicuza.

Abongereza basaga miliyoni, babinyujije kuri interineti, bakomeje gusaba baniyongera kubwishi ko amatora yabaye yasubirwamo bityo icyemezo cyafashwe kikimwa agaciro.

Mu gusaba ko aya matora yasubirwamo, barashingira ku kuba abantu batoye ngo bari munsi ya 75%, barashingira kandi ku kuba ngo hari ingingo muri uyu muryango ivuga ko iyo amajwi y’abatoye ari munsi ya 60% hashobora gusabwa isubirwamo ry’itora.

Kubera ubwinshi bw’abakomeje gushyira umukono wabo ku rwandiko ruri kuri interineti rusaba isubirwamo ry’amatora, urubuga bisabirwaho ngo rwageze aho rurahagarara.

Ubwongereza, kuva umuryango w’ubumwe bw’uburayi washingwa, nicyo gihugu kibaye icya mbere binyuze muri Kamarampaka y’abaturage bacyo gusaba ko kiva muri uyu muryango.

Kampara mpaka y’abongereza yatoye ko bagomba kuva mu muryango w’ubumwe bw’uburayi yabaye kuri uyu wa kane Taliki ya 23 Kamena 2016.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga