• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/06/26
Kamonyi-Nyamiyaga: Yaguwe gitumo arimo gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
10/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
10/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside
10/06/26
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi Abagabo 4 bakurikiranyweho ubujura bw’Inka 7

Umukinnyi wa Filime z’urukozasoni ucyecuye kurusha abandi yahagaritse kuzikina

Umwanditsi
March 23, 2017

Nyuma y’imyaka icumi yari amaze mu mwuga wo gukina filime z’urukozasoni (Film pornographique) umuyapani kazi ku myaka 80 y’amavuko yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Maori Tezuka, umuyapani kazi w’umukinnyi wa filime z’urukozasoni (Pornographique) ku myaka 80 y’amavuko yatangaje ko afashe icyemezo cyo kuba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru ( retraite) kuko ngo kuri we gukina(tournages) byari bitangiye kumubera ingorabahizi.

Maori, ahagaritse ibyo gukina filime z’urukozasoni mu buryo butunguranye, butumvikana, yari amaze imyaka cumi akora uyu mwuga kuko filime ye ya mbere yayisohoye afite imyaka 71 y’amavuko, atangaza kandi ko atahisemo iyi nzira ku mpamvu z’ibibazo byo gushakamo amafaranga, ikindi ngo ntabwo abyicuza.

Maori Tezuka, yatangarije ibitangazamakuru byo mugace abamo (local press) mu buyapani ko guhagarika kongera gukina izi filime abitewe ahanini n’uko hari henshi atari akibasha kuba yakina, ariko cyane ngo no kuri bamwe mu bakinnyi batari bakibasha kuba bakinana cyangwa se batari kurwego rwe.

Uyu mukinnyi wa filime z’urukozasoni, avuga ko hari ubwo ashobora kuba yagaruka mu bihe bya vuba, avuga ko yabajijwe ibyo kuba yagaruka mu myaka nk’ibiri cyangwa itatu agasubiza ko azabitekerezaho, ko ariko bizanaterwa n’abafatanyabikorwa.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5980 Posts

Politiki

4227 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga