• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
26/05/26
Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi bacukura, bagurisha amabuye y’agaciro bitemewe
26/05/26
ESB Kamonyi: Padiri Majyambere yavuze ku bufatanye bw’Ababyeyi n’ishuri bwatumye hubakwa ibyumba 12 by’ishuri
26/05/26
Kamonyi: Gushaka Ubukire buhutiyeho, kutagira amakuru, ni bimwe mu bituma Urubyiruko rutagana Ubuhinzi
26/05/26
Huye: Urumogi ibiro 480, Kanyanga Litiro 460 na Litiro z’Ibikwangari byangijwe ku mugaragaro

Imyigaragambyo yahanganishije Abapolisi n’abaturage hakomereka abatari bacye

Umwanditsi
July 7, 2017

Mu gihugu cy’Ubudage, kuri uyu wa kane nibwo abaturage ibihumbi n’ibihumbi bigabije imihanda bamagana inama ya G20 igomba kubera I Hambourg mu gihugu cy’Ubudage, uguhangana mu myigaragambyo kwakomerekeyemo abapolisi 70.

Abaturage ibihumbi n’Ibihumbi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu cy’Ubudage kuri uyu wa kane tariki 6 Nyakanga 2017 bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana Inama ya G20 igomba kubera muri iki gihugu mu mujyi wa Hambourg, ihangana ry’abaturage na Polisi ryakomereyeyemo abatari bacye.

Inama ya G20 iritabirwa n’Ibihugu by’ibihangange ku Isi, irateranira muri iki gihugu mu gihe cy’iminsi ibiri, ni ukuvuga kuri uyu wa gatanu tariki 7 no kuri uyu wa gatandatu tariki 8 Nyakanga 2017. Iyi nama yitabiriwe kandi na Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika.

Abapolisi bagera kuri 70 nibo bivugwa ko bakomerekeye muri iyi myigaragambyo yabahanganishije umunsi wose n’abaturage, batatu muri aba bapolisi nkuko tubikesha ijwi rya Amerika bajyanywe kwa muganga.

Abaturage bagera ku bihumbi ijana nibo bivugwa ko bitabiriye iyi myigaragambyo mu mujyi wa Hambourg, Polisi yatangaje ko muribo abagera ku bihumbi umunani ngo bizwi ko bateza imidugararo.

Imihanda itandukanye y’uyu mujyi wa Hambourg, yashyizwemo abapolisi bagera ku bihumbi 20 baturutse mu bice bitandukanye by’iki gihugu mu rwego rwo gukaza ingamba zo gucunga umutekano w’iyi nama y’ibihugu by’ibihangange.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5972 Posts

Politiki

4220 Posts

Ubuhinzi

153 Posts

Ubukungu

1055 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga