• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/06/26
Imodoka y’Ibitaro bya Remera Rukoma yahitanye ubuzima bw’Umuntu abandi barakomereka
10/06/26
Paris: Ibyo wamenya kuri Dr Eugène Rwamucyo watangiye Ubujurire ku byaha bya Jenoside
10/06/26
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi Abagabo 4 bakurikiranyweho ubujura bw’Inka 7
10/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel

Uwari umuyobozi w’umujyi wa Kigali Fedele Ndayisaba yahawe indi mirimo

Umwanditsi
February 20, 2016

 

Fidele Ndayisaba wari usanzwe ari umuyobozi w’umujyi wa Kigali, yakuwe kuri uyu mwanya agirwa umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge.

Mu byemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 19 Gashyantare 2016, uwari umuyobozi w’umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba, yakuwe kuri iyi mirimo ahabwa imirimo mishya aho yahawe kuba Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge.

Fidele Ndayisaba yahawe kuyobora umujyi wa Kigali guhera muri Gashyantare 2011 kugera taliki ya 29 Mutarama 2016 ubwo hari hatangiye gahunda yo kwiyamamaza kubashaka kujya mu nzego z’ubuyobozi kuva kurwego rw’umudugudu kugera kurwego rw’akarere.

Mbere y’uko Ndayisaba Fidele aza mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali yabanje kuba Guverineri w’Intara y’amajyepfo aho yavuye aza mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali.

Fidele Ndayisaba ahawe kuba Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge aho asimbuye Dr. Jean Baptiste Habyarimana wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo Brazzaville.

 

Editor

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5979 Posts

Politiki

4226 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga