• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
15/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
15/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi
15/04/26
Kamonyi-Kwibuka32: Guverineri Alice Kayitesi yasabye Ababyeyi kudakomeza kuroga abo babyara babikoreza imitwaro yabananiye

Perezida Obama, yakomoreye Vietnam kuba yagura intwaro

Umwanditsi
May 23, 2016

Umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za America Balack Hussein Obama, yatangaje ko igihugu cya Viyetinamu gishobora kugura ibirwanisho.

Mu rugendo umukuru wa Leta zunze ubumwe za America arimo muri Viyetinamu, yatangaje ko iki gihugu gishobora gukurirwaho ibihano kibaba cyakwemererwa kugura ibirwanisho.

Urugendo rwa Perezida Obama muri iki gihugu, rugamije ahanini kongera kugarura ubucuti n’imibanire myiza hagati ya Viyetinamu ndetse na America.

Perezida Obama, biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere Taliki ya 23 Gicurasi agirana ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abategetsi ba Viyetinamu.

Kuba Viyetinamu yakurirwaho ibihano, ibiro by’umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za America byatangaje ko bizaterwa n’uburyo kizaba kitwaye mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu.

Ibihano byashyiriweho igihugu cya Viyetinamu bibuza kugura intwaro byashyizweho mu mwaka wa 1984.

 

Intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5949 Posts

Politiki

4197 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga