• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Abasirikare batatu b’abafaransa barishwe bibanza kugirwa ubwiru

Umwanditsi
July 20, 2016

Mu gihugu cya Libiya abasirikare batatu b’abafaransa bari mu mubare w’ingabo zitazwi umubare n’igihe zagereyeyo, barishwe bigirwa ubwiru.

Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 20 Nyakanga 2016, Minisitiri w’ingabo mu gihugu cy’ubufaransa, yeruye atangaza ko abasirikare 3 b’abafaransa biciwe muri Libiya bari mu kazi k’igihugu.

Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryasohowe na Minisiteri y’ingabo z’ubufaransa, Jean-Yves le Drian, Minisitiri w’ingabo z’ubufaransa yagaragaje akababaro batewe n’urupfu rw’abasirikare b’abafaransa bapfiriye mu butumwa bw’akazi mu gihugu cya Libiya. gusa hirinzwe gutangaza amataliki ahantu n’igihe abasirikare biciwe.

Minisitiri le Drian, yunamiye aba basirikare ndetse abashimira ubutwari, umurava no gukunda igihugu byabaranze mu gihe bari mu kazi cyane ngo ibikorwa bagize byo kurwanya iterabwoba, yihanganishije kandi imiryango yabo bakomokamo, inshuti n’abavandimwe bahafi.

Iyicwa ry’aba basirikare batatu b’abafaransa, ryatumye hahishurwa bwambere ku mugaragaro ukuba kw’ingabo z’abafaransa muri iki gihugu cya Libiya kuko bari bariyo  bakora mu buryo bw’ibanga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga