• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Minisitiri Uwizeye Judith ngo niyumva ashonje, ashaka amafaranga azahanga umurimo

Umwanditsi
October 25, 2016

Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo ubwo yasubizaga itangazamakuru, yavuze yeruye ko niyumva ashonje cyangwa ashaka amafaranga azagira uruhare mu guhanga cyangwa gushyiraho icyamuha amafaranga.

Minisitiri Judith Uwizeye w’abakozi ba Leta n’umurimo, mu kuri kwe kweruye yagaragaje ko bitari mu nshingano z’umuyobozi guhangira imirimo urubyiruko. Yagaragaje kandi ko kuriwe abona kuba ataragera aho yihangira umurimo ari uko amafaranga afite amuhagije bityo ko utayafite ariwe ukwiye kubikora kuko ariwe bifitiye umumaro.

Minisitiri Uwizeye, ibi yabitangarije itangazamakuru kuri uyu wa mbere taliki ya 24 ukwakira 2016 ubwo hasobanurwaga kuri gahunda ya “NEP-Kora wigire” igamije gushishikariza no gufasha abagore n’urubyiruko kwihangira imirimo.

Uyu muyobozi wo ku rwego rwa Minisitiri, ntabwo yariye iminwa cyangwa ngo ace kuruhande ndetse nkuko yabyitangarije yavuze ati kubibaza impamvu ngo abayobozi bo batihangira imirimo bakanibaza icyo bakora, yagize ati:” Ngo ariko uratubwira ngo twihangire imirimo, mwebwe mwakoze iki? Mwebwe mwayihanze! Reka noneho mu buryo bwahuranyije ngisubize kino kibazo kuburyo tutazongera kugisubiramo. Igisubizo cyahuranyije, ninumva nshonje nshaka amafaranga, nanjye nzagira uruhare mu guhanga cyangwa se mu gushyiraho icyamfasha kugirango mbone amafaranga, icyamfasha kugirango mbashe gufungura. Niba ntarabigeraho nk’umuyobozi, ubwo ni uko amafaranga mfite ampagije, wowe utayafite gira uruhare mu kuyashaka kuko ni wowe bigiriye umumaro. Ntago imirimo dusaba urubyiruko ngo ruyihange ibe iy’umuyobozi”.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga