• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/05/26
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
11/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4
11/05/26
Runda: Abanyerondo 270 barimo Abagore 13 bambitswe impuzankano(Uniform)nshya, basabwa kudakangwa n’Abanyabyaha
11/05/26
Mu itangazamakuru haracyarimo icyuho ku gukora inkuru ku ngengo y’Imari- Fulgence/FOJO

Agatereranzamba mu migenderanire ya Amerika n’Uburusiya

Umwanditsi
August 23, 2017

Leta ya Washington yabaye ihagaritse by’agateganyo gutanga visa zijya mu Burusiya nyuma y’uko abadiplomates bayo birukanywe mu Burusiya.

Ihagarikwa ry’izi Visa, abategetsi ba Amerika batangaza ko zizakurwaho ku bajya i Moscou ariko ku bajya mu yindi mijyi rikomeze. Ibyo bikaba bikubiye mw’itangazo ryaturutse muri ambassade y’abanyamerika kubera iyirukanwa ry’abadiplomates b’abanyamerica mu rwego rwo kwihimura ku bihano byafatiwe Uburusiya byatowe mu kwezikwa karindwi.

Mu itangazo rya Ambasaderi wa America, yagizeati «Kubera ko uburusiya bwategetse ko hari umubare ntarengwa w’abadiplomates b’abanyamerika ugomba kujya muri icyo guhugu, ibikorwa byose birebana na Visa zijya mu Burusiya bibaye bihagaritswe guhera tarikiya 23 Kanama 2017», yongeyeho kandi ati« izo visa zizongera gutangwa tariki ya mbere Nzeri 2017 ku bajya mu mujyi wa Muscou ariko ku bajya mu yindi mijyi yo mu Burusiya bizaba bigikomeje».

Leta ya Washington yari ifite abakozi bayo b’impuguke mu mijyi ya Saint-Pétersbourg, Iekaterinbourg, Vladivostok ndetse no muri Moscou. Ibyo bikaba bizakomeza gushyirwa mu bikorwa igihe kitari gito kugeza igihe na Leta ya Moscou izisubiraho. Aha leta ya Moscou ikaba yarasabye amerika kugabanya abakozi bayo bari i Moscou bagera kuri 755. Aha kandi ikaba yarabujije n’abandi Banyamerika kuba bajya mu yindi mijyi itari Moscou.

Umuvugizi wa Leta ya Moscou ari we, Sergueï Lavrov, akabayavuze ko iki gikorwa ari uburyo bushya bwo kurakaza Leta ya Washignton.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5962 Posts

Politiki

4210 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1051 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga