• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
17/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
17/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
17/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Perezida Donald Trump yihanije Koreya ya ruguru

Umwanditsi
August 31, 2017

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Koreya ya Ruguru nayo ishobora kugabwaho ibitero ni nyuma y’ibyo Koreya ya Ruguru iheruka gukora.

Ibi Perezida Trump yatangaje, ni nyuma y’aho abategetsi ba Leta zunze Ubumwe za Amerika batangarije ko hatewe misile balisique yambukiranyije Igihugu cy’Ubuyapani, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 29 kanama 2017.

Perezida Trump, yatangaje ko bigaragara ko Koreya ya ruguru yasuzuguye ibihugu bituranye, n’ibihugu byo se bigize umuryango w’abibumbye(ONU), kandi ko igikorwa nk’icyo kitabereye icyo gihugu. Yarangije avuga ko barimo kwiga uburyo bwose bushoboka ku bijanye n’icyo gikorwa cyo kwihimura.

Abanyamakuru, babajije Perezida Trump icyo ategekanya gukora kuri Koreya ya Ruguru, Perezida Trump yashubije avuga ko bagiye kubyigaho.

Mu nama y’umutekano y’Umuryango w’Abibumbye(ONU) yihutirwa, yabaye kuri uyu wa kabiri, Nikki Haley, wari uhagarariye Amerika muri ONU yavuze ko hagiye gukorwa ikintu gikomeye, kandi yizeye ko ibihugu by’Ubushinwa n’Uburusiya bikomeza gukorana nabo ku byerekeye icyo kibazo, nk’uko bakoranye mu bihe byahise.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga