• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Si Nshobora kwemera ibyo urukiko rwemeje ariko ndarwubaha-Perezida KenyattaKenyatta

Umwanditsi
September 1, 2017

Perezida w’Igihugu cya Kenya uherutse gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu yabaye kuwa 8 Kanama 2017, Nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rusheshe ibyavuye mu matora rugategeka ko asubirwamo, yarwivovoteye ariko kandi yemera adashaka ibyo rwatangaje.

Perezida Uhuru Kinyatta, watorewe kuyobora igihugu cya Kenya mu matora yabaye kuwa 8 Kanama 2017, nyuma y’ibyatangajwe n’urukiko rw’ikirenga kuri uyu wa 1 Nzeli 2017 ko amatora atakozwe mu mucyo no mu bwisanzure, ko ndetse aya matora agomba gusubirwamo, Perezida Kinyatta yemeye by’amaburakindi icyemezo cy’urukiko.

Perezida Kinyatta, yagize ati” Njye si nshobora kwemera ibyo urukiko rwategetse ariko ndarwubaha.” Muri iyi mvugo ya Perezida Kinyatta, agaragaza ko yubashye urukiko rukuru ariko atangaza ko atemera icyemezo cyarwo cyo gusubirishamo Amatora.

Yagize kandi ati” Miliyoni z’abaturage zatoye umurongo zihitiramo uwo zishaka ariko abantu batandatu banga icyo cyemezo.” Yongeraho ati” Njye si Nshobora kwemera ibyo urukiko rwategetse ariko ndarwubaha.”

Perezida Kenyatta, mu rwego rwo kugira ngo umutekano ugaruke muri Kenya, yagize ati” Turi tayari gusubira mu matora kandi turasaba ko ingengabihe yagezwa ku baturage nk’uko yari yakozwe.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga