• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
06/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
06/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
06/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Igisirikare cya Zimbabwe gitangaza ko kitahiritse ubutegetsi

Umwanditsi
November 15, 2017

Igisirikare mu gihugu cya Zimbabwe gitangaza ko kitahiritse ubutegetsiUbuyobozi bw’Igisirikare cya Zimbabwe buyoboye igihugu muri ibi bihe, bwatangaje ko icyo bwakoze atari uguhirika ubutegetsi, ko Perezida Robert Mugabe hamwe n’umuryango we bamerewe neza, bacungiwe umutekano.

Umuvugizi w’Igisirikare cya Zimbabwe, nyuma yo gufata Televiziyo y’Igihugu yatangaje ko barimo guhiga abategetsi ba hafi na Perezida Robert Mugabe bateje ihugu akaga mu mibanire ndetse no mu bukungu bwagiye bujya hasi cyane mu myaka ishize.

Umuvugizi w’Igisirikare cya Zimbabwe, yatangaje kandi ko bahamagarira inzego z’umutekano zose gukorera hamwe. Major General Sibusiso Moyo, yatangaje ko umutekano w’umukuru w’Igihugu Robert Mugabe n’umuryango we urinzwe.

Perezida Robert Mugabe, nkuko bbc dukesha iyi nkuru ibitangaza ngo yahamagaye Jacob zuma, Perezida wa Afurika y’epfo amubwira ko ari amahoro.

Ibimodoka by’intambara bizengurutse Harare, umurwa mukuru w’Igihugu cya Zimbabwe. Igisirikare kivuga ko gishakisha abanyabyaha.

Kuva Zimbabwe yigenga ndetse Mugabe akajya ku butegetsi mu 1980 kugeza uyu munsi ubwo igisirikare gitangaza ibi. Ubukungu ndetse n’imibanire y’Igihugu n’ibindi byagiye bijya hasi cyane. Perezida Mugabe, ubu afite imyaka 93 y’amavuko ariko mu bihe bishize yakomeje kugaragaza kenshi ko atiteguye kurekura ubutegetsi.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga