• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/05/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho ubujura
19/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Minisitiri Dr. Bizimana yibukije abahakana n’Abapfobya Jenoside ko ukuri kw’aya mateka kutazacecekwa 
19/05/26
Kamonyi-EPR/Compassion: Imiryango 15 itishoboye yahinduriwe imibereho igabirwa Inka
19/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Abantu nka Mukangango nti bazongera kubona umwanya n’ijambo muri iki gihugu cyacu-Visi Meya Uzziel

Kamonyi: Umujyanama winjiye muri Njyanama amaze kurahira

Umwanditsi
November 17, 2017

Kayitesi Alice, umujyanama wazamutse ahagarariye umurenge wa Musambira wakomokagamo Udahemuka Aimable wari Umuyobozi w’Akarere ariko akaza gusezera ku mpamvu bwite, amaze kurahira imbere y’Amategeko.

Ahagana ku i saa tatu n’iminota 25 kuri uyu wa gatanu tariki 17 Ugushyingo 2017 nibwo Alice Kayitesi, umujyanama mushya wazamutse ahagarariye umurenge wa Musambira arahiriye kwinjira mu bagize inama Njyanama y’Akarere kaKamonyi.

Kayitesi, ashyira umukono ku indahiro yari amaze kugirira imbere ya Perezida w’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga.

AliceKayitesi, yatowe mu murenge wa Musambira tariki 11 Ugushyingo 2017 kugira ngo asimbure Udahemuka Aimable wari Umujyanama wawo ndetse akaba yari n’Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi ariko akaza gusezera kuba umuyobozi w’Akarere ku mpamvu yatangaje ko ari ize bwite.

Igikorwa cyo kurahira kwa Alice Kayitesi mu kwinjira mu nama njyanama y’Akarere ka Kamonyi kirakurikirwa n’irahira ry’abandi bajyanama bashya mu mirenge itandukanye, gikurikirwe kandi n’itorwa ry’Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, igikorwa intyoza.com ikugezaho Live.

Indahiro ya Alice Kayitesi, umujyanama mushya mu nama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yakiriwe ku rwego rw’amategeko na Adolphe Udahemuka, Perezida w’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5967 Posts

Politiki

4215 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1052 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga