• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
07/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
07/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
07/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
07/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

George weah yarahiriye kuba Perezida wa Liberia

Umwanditsi
January 22, 2018

Uwahoze ari igihangange mu mupira w’Amaguru, George Weah kuri uyu wa mbere tariki 22 Mutarama 2018 yarahiriye kuba Perezida w’Igihugu cya Liberiya. Asimbuye Madamu Ellen Johnson Sirleaf.

Ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Leberiya, kuri uyu wa mbere tariki 22 Mutarama 2018 bazindukiye ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Monronvia kwihera ijisho no kumva iby’irahira ry’umukuru w’Igihugu mushya, George Weah.

Uretse abaturage ba Liberiya, irahira rya Weah ryanitabiriwe n’abakuru b’Ibihugu bitari bike by’umugabane wa Afurika hamwe n’abakinnyi bakomeye mu mupira w’amaguru hirya no hino ku isi n’abandi banyacyubahiro.

Mu ijambo rye, Weah yagize ati ” Namaze imyaka myinshi y’ubuzima bwanjye mu bibuga by’umupira w’amaguru, ariko uko niyumva uyu munsi nta narimwe nari narigeze mbyumva.”

Perezida Weah, yashimye Ellen Johnson Sirleaf, Perezida ucyuye igihe uburyo yagaruye amahoro n’umutekano mu gihugu. Intsinzi ya George Weah bivugwa ko ishingiye ahanini ku majwi y’urubyiruko n’abagore, mu kurahira kwe yavuze ko azita cyane ku guhangana no guca ruswa nk’ikibazo cyananiye bikomeye uwo asimbuye.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga