• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Perezida Museveni, yirukanye mu mirimo Minisitiri w’Umutekano wa Uganda hamwe n’ukuriye Igipolisi

Umwanditsi
March 4, 2018

Umukuru w’Igihigu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yirukanye mu mirimo Lt Gen Henry Tumukunde wari Minisitiri w’umutekano, yirukanye kandi Gen. Kale Kayihura wari ukuriye Polisi ya Uganda.

Perezida Muzeveni wa Uganda, yahisemo kwirukana mu mirimo Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Lt Gen Henry Tumukunde hamwe na Gen. Kale Kayihura wayoboraga Polisi ya Uganda. Kwirukanwa mu mirimo kw’aba bategetsi bibaye nyuma y’igihe kitari gito hari umwuka utari mwiza watumaga hapfa byinshi mu mirimo bari bashinzwe.

Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Lt Gen. Henry Tumukunde yahise asimbuzwa Gen. Elly Tumwine mu gihe Gen. Kayihura yasimbujwe uwari asanzwe amwungirije Okoth Ochola.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Perezida Museveni yavuze ati ” Mu bubasha mpabwa n’itegeko Nshinga, Nashyize Gen Elly Tumwine ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano. Nagize kandi bwana Okoth Ochola umukuru wa Polisi(IGP). Azungirizwa na Brig Sabiiti Muzeei.”

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga