• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
20/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
20/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
20/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Kigali: Nyamulinda Pascal ntakiri Meya w’umujyi wa Kigali, yeguye

Umwanditsi
April 11, 2018

Guhera tariki 10 Mata 2018, Nyamulinda Pascal wari umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yatanze ibaruwa yegura ku mirimo ya Meya w’Umujyi. Yari amaze kuri ubu buyobozi umwaka urengaho hafi amezi abiri. Perezida wa njyanama avuga ko ategujwe.

Amakuru y’iyegura rya Meya Nyamulinda yamenyekanye kuri uyu wa gatatu tariki 11 Mata 2018 n’ubwo yatanze ubwegure bwe kuri uyu wa kabiri tariki 10 Mata 2018 nkuko Perezida wa Njyanama y’Umujyi wa Kigali, yabitangarije intyoza.com ku murongo wa terefone.

Yagize ati ” Yego nibyo yeguye. Ntabwo yeguye kuko yabisabwe ahubwo ni urwandiko yanditse ku giti cye ejo ( ku wa kabiri tariki 10 Mata 2018).”

Rutabingwa Athanase, Perezida wa Njyanama y’Umujyi wa Kigali yakomeje avuga ko mu gihe Nyamulinda atakiri mu mwanya w’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo araba asimbuwe by’agateganyo n’umuyobozi w’Umujyi wungirije ushinzwe ubukungu mu gihe hategerejwe kubona undi.

Nyamulinda Pascal, yatorewe kuyobora umujyi wa Kigali avuye mu kigo cy’igihugu gishinzwe indangamuntu-NIDA, ajya ku buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari tariki 17 Gashyantare 2017 aho yari asimbuye Mukaruriza Monique wahawe indi mirimo yo kujya guhagararira igihugu hanze( Ambassador).

Munyaneza Theogene / intyoza.cm 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga