• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie
19/04/26
Rugalika/Kwibuka32: Imbaraga z’Ingabo zatsinze Abajenosideri ziracyahari kandi zikubye kenshi-Depite Nyabyenda Damien
19/04/26
Itangazo ry’Inyandiko Imenyesha Imikirize y’Urubanza Ahatazwi

Abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda ngo kuribo ni nko gucika urupfu

Umwanditsi
September 12, 2019

Umwe mu bimukira 500 bagiye kuzanwa mu Gihugu cy’u Rwanda yemeza ko kuvanwa mu gihugu cya Libiya, aho bafungiwe mu bigo ari nko gucika urupfu nubwo bibaza ku hazaza habo nyuma yo kugezwa mu Rwanda.

Bamwe mu bimukira bo ku mugabane wa Afurika bari mu gihugu cya Libiya bagera kuri 500 bagiye kuzanwa mu Rwanda ku masezerano yasinywe hagati y’u Rwanda, Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ndetse n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi( UNHCR).

Umwe muri aba banyafurika 500 b’abimukira bari muri Libiya aho baba bafashwe akenshi bashaka kwambuka inyanja bajya mu bihugu byo hakurya ya Afurika bahunze, yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko ari muri iki gihugu kuva mu kwezi kwa mbere k’uyu mwaka wa 2019.

Avuga ko kuvanwa muri iki gihugu cya Libiya bazanwa mu Rwanda ari nko guhunga urupfu. Gusa na none ngo bibaza muri rusange ahazaza habo.

Biteganijwe ko aba banyafurika b’impunzi bazagezwa mu Rwanda mu byumweru bibiri biri imbere aho bazajyanwa mu nkambi bateguriwe mu Bugesera ho mu Ntara y’Uburasirazuba.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5950 Posts

Politiki

4198 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga