• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/05/26
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
15/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4
15/05/26
Runda: Abanyerondo 270 barimo Abagore 13 bambitswe impuzankano(Uniform)nshya, basabwa kudakangwa n’Abanyabyaha
15/05/26
Mu itangazamakuru haracyarimo icyuho ku gukora inkuru ku ngengo y’Imari- Fulgence/FOJO

Perezida wa Ghana Akufo-Addo yatorewe kuba Umuyobozi mushya wa ECOWAS

Umwanditsi
September 7, 2020

Perezida wa Ghana, Prof. Nana Akufo-Addo yatorewe kuba Umuyobozi mushya w’umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) mu nama ya 57 y’uyu muryango. Iyi nama yabereye mu murwa mukuru wa Niger Niamey.

Ikinyamakuru Daily Times cyatangaje ko perezida Muhammadu Buhari yavuye i Abuja kuri uyu wa mbere, tariki ya 07 Nzeri 2020, yerekeza i Niamey kugira ngo yitabire inama isanzwe ya mirongo itanu na karindwi y’ubuyobozi bukuru bwa ECOWAS bw’abakuru b’ibihugu na guverinoma.

Iyi nama y’umunsi umwe yasuzumye kuri raporo idasanzwe kuri COVID-19 yakirijwe na Perezida Buhari wagizwe uwa mbere muri ECOWAS ku rugamba rwo kurwanya COVID-19 mu nama idasanzwe ya Virtual ya ECOWAS ku ya 23 Mata 2020.

Ni ku nshuro ya kabiri Perezida Buhari asohoka mu gihugu kuva icyorezo cya Coronavirus (COVID-19) giteye ubwoba cyakwaduka.

Mu bibazo bihangayikishije uyu muryango harimo, gahunda y’ifaranga rimwe rya Ecowas, icyerekezo cya Ecowas 2050, Umutekano muke, umutwe wa gisikare wafashe ubutegtsi muri Mali uzwi nka junta n’amatora ya perezida n’inteko ishinga amategeko ya Burkina Faso, Cote d’Ivoire, Ghana, Guineya na Niger.

Source: Dailytimes.ng

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5962 Posts

Politiki

4210 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1051 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga