• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/03/26
Umuco wacu muwurinde ico-Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa
03/03/26
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yihariye, idasanzwe yahawe izina,“ TUGANIRIRE MU MUDUGUDU”
03/03/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage
03/03/26
Kamonyi: ½ cy’Abasoje Amasomo muri AFRICA FOOD SUPPLY bemerewe akazi

Umunyamerika yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa birwanya Leta ya Uganda

Umwanditsi
March 23, 2021

Polisi ya Uganda yatangaje kuri uyu wa mbere ko yataye muri yombi umuturage w’Amerika “kubera uruhare ashinjwa kugira mu bikorwa birwanya leta bigamije kubangamira imikorere yayo”.

Umunyamerika Guy Smith yatawe muri yombi ku cyumweru mu mujyi wa Fort Portal mu karere k’uburengerazuba bwa Uganda, nkuko polisi yabitangaje ku mbuga nkoranyambaga.

Polisi yavuze ko Bwana Smith agifunze mu gihe amaperereza akomeje. Smith ntarumvwa agira icyo avuga ku byaha aregwa.

Itangazo rya polisi ya Uganda nkuko BBC yabitangaje rigira riti: “Andi makuru mashya ayo ari yo yose na yo azatangazwa“.

Ibiro ntaramakuru Reuters byasubiyemo amagambo y’umutegetsi wo mu biro bishinzwe ububanyi n’amahanga bw’Amerika, avuga ko Leta y’Amerika yamenye iby’uwo muturage wayo wafunzwe.

Reuters yasubiyemo amagambo ye agira ati: “Twabonye amakuru y’umuturage w’Amerika ufungiye muri Uganda. Igihe cyose umuturage w’Amerika afunzwe, tuba twiteguye kumuha ubufasha bukwiye bwose”.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5933 Posts

Politiki

4182 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1042 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga