• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/05/26
Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi bacukura, bagurisha amabuye y’agaciro bitemewe
27/05/26
ESB Kamonyi: Padiri Majyambere yavuze ku bufatanye bw’Ababyeyi n’ishuri bwatumye hubakwa ibyumba 12 by’ishuri
27/05/26
Kamonyi: Gushaka Ubukire buhutiyeho, kutagira amakuru, ni bimwe mu bituma Urubyiruko rutagana Ubuhinzi
27/05/26
Huye: Urumogi ibiro 480, Kanyanga Litiro 460 na Litiro z’Ibikwangari byangijwe ku mugaragaro

UEFA 2015-2016 , Uko Amakipe azacakirana byamenyekanye

Editor
September 8, 2015
Ifoto uefa15-16

Nyuma y’uko benshi mubakunzi b’umupira w’amaguruku ku Isi bari bategereje kumenya uko amakipe azacakirana mu mikino ihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo k’umugabane w’Uburayi ( UEFA ) mu mwaka wa 2015-2016 , amatsiko yashize kuko amakipe yashyizwe mu matsinda .

Hakozwe amatsinda 8, icyagaragaye ni uko amakipe amwe yisanze mu matsinda ayakomereye ayandi nayo akisanga mu itsinda riyoroheye bitewe n’urwego abarizwaho ,Bamwe mu abakinnyi b’umupira w’amaguru n’abakunzi bawo cyane cyane abakunzi ba Arsenal ikipe yo mubwongereza batunguwe no kongera gutombora ikipe yo mubudage Bayern Munich kuko bavuga ko bamaze guhura kenshi muri iki gikombe .

Abenshi mubakunzi b’uyu mukino w’umupira w’amaguru nyuma yo kubona uko urutonde ruhagaze , uko amakipe yashyizwe mumatsinda cyane cyane abakunda amakipe yo mubwongereza bavuga ko  Manchester United ariyo kipe yaho yaba yatomboye neza nkuko mubireba k’urutonde rw’uko amatsinda ahagaze.

[table id=1 /]

Ifoto best-player14-15Uretse igikorwa cyo gutombora no gushyirwa mu matsinda hakurikijwe uko amakipe azahura , hanabaye igikorwa cyo gutora umukinnyi mwiza kurusha abandi k’umugabane w’I Burayi , ku Abagabo bakina umupira w’amaguru hatowe Lionel Messi akaba akinira ikipe ya Barcelona naho mubagore hatorwa Célia Šašić ukinira ikipe ya Frankfurt mubudage.

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5972 Posts

Politiki

4220 Posts

Ubuhinzi

153 Posts

Ubukungu

1055 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga