• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
06/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
06/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
06/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yashyize ahabona itariki y’itorwa rya Perezida wa Repubulika

Umwanditsi
December 10, 2016

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 ukuboza 2016, komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ku mugaragaro itariki abanyarwanda bagomba kuzatoreraho umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda.

Mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 ukuboza 2016, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu yamenyesheje inama y’abaminisitiri ko mu rwego rwo gutegura amatora ya Perezida wa Repubulika yo muri 2017, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yateguye ingengabihe y’ibikorwa by’amatora biteganijwe.

Hirya no hino mu bice bigize Igihugu cy’u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda bari hanze mu bindi bihugu bujuje imyaka yo gutora, bari banyotewe no kumenya itariki nyirizina bazatoreraho umukuru w’Igihugu, amatariki yatangajwe haba kubazatorera mu gihugu imbere ndetse n’abazatorera mu mahanga.

Ku banyarwanda baba hanze y’Igihugu bazitabira itora, itariki y’itora kuribo yashyizwe kuwa 3 Kanama umwaka utaha wa 2017, abanyarwanda baba mu gihugu bo itariki yo gutora yashyizwe kuwa 4 Kanama umwaka utaha wa 2017.

Uretse Perezida Paul Kagame uyoboye u Rwanda kugeza ubu wamaze kwemera ko aziyamamaza ndetse n’ishyaka rye rya FPR rikamutangaho umukandida nawe akabyemerera abanyarwanda ko aziyamamaza, nta wundi uragaragaza ku mugaragaro ngo byemerwe ko ari umukandida witeguye guhatanira kuyobora u Rwanda binyuze mu matora azaba umwaka utaha wa 2017 nkuko amatariki yamaze kwemezwa.

  Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga