• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
05/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
05/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
05/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)
05/06/26
Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi bacukura, bagurisha amabuye y’agaciro bitemewe

Yashyize ubusugi bwe ku isoko, atangazwa n’akayabo k’amamiliyoni umuguzi yatanze

Umwanditsi
April 13, 2017

Umunyarumaniya kazi w’imyaka 18 y’amavuko, yatangajwe no kubona akayabo k’amayero (Euros) yatanzwe n’umugabo w’umucuruzi ukomeye i Hong Kong ho mu Bushinwa agura ubusugi bwe bwari bwashyizwe ku isoko.

Alexandra Khefren, umukobwa w’umunyarumaniya ukiri muto kuko afite imyaka 18 y’amavuko, yatunguwe n’akayabo k’amafaranga akoreshwa ku mugabane w’uburayi ( ama Euros) yatanzwe n’umugabo w’umucuruzi ukomeye ayagura ubusugi bwe yari yashyize ku isoko.

Uyu mukobwa ukiri muto, mu kwezi kwa 12 k’umwaka ushize wa 2016 yari yashyize ubusugi bwe ku isoko avuga ko ashaka umuguzi, yatangazaga ko akeneye amafaranga kugira ngo abashe kuguriramo ababyeyi be inzu ndetse andi akamufasha kwiga amasomo ye muri kaminuza ya Oxford.

Nyuma y’amezi atagera kuri atanu Alexandra ashyize ubusugi bwe ku isoko, atangaza ko yabonye umuguzi, ko yanatunguwe n’igiciro kiri hejuru mu buryo atatekerezaga. Umuherwe wa Hong Kong mu Bushinwa yatanze Miliyoni 2.3 z’ama Euros, uyavunje mu manyarwanda aragera kuri Miliyari ebyiri na miriyoni hafi magana abiri.

Hatitawe ku byamuvuzweho, Alexandra aracyari uwo yariwe, avuga ko inzozi ze zigiye kuba impamo, gusa ngo amafaranga yatanzweho kuriwe ni ibitangaza, ni nk’inzozi kuko atariko yabitekerezaga.

Akomeza avuga ko umubiri we ari umwimerere, ko nta biwangiza byamugezeho. Nkuko fr.news dukesha iyi nkuru ikomeza ibivuga, Alexandra ngo yanyujije ukugurisha ubusugi bwe kuri internet, ubwo yatangazaga ko ashyize ubusugi bwe ku isoko benshi byarabatangaje, abandi barababaye, yiswe amazina atandukanye mabi ndetse benshi baramugaye nubwo birangiye abikuyemo akayabo k’amafaranga atarotaga kuzabona.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5975 Posts

Politiki

4222 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga