• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/06/26
Remera Rukoma/Kwibuka32: Iyo hatabaho Inkotanyi na Perezida Paul Kagame Igihugu cyari kirangiye-Visi Meya Uzziel
06/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
06/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
06/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)

Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women yasuye Isange one Stop Centre

Umwanditsi
May 10, 2017

Phumzile Mlambo Ngcuka wungirije umunyamabanga mukuru wa Loni akaba ariwe muyobozi nshingwabikorwa wa UN Women, yasuye ikigo cya Isange One Stop Centre giherereye ku Kacyiru.

Uwungirije Umunyamabanga mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women, Phumzile Mlambo Ngcuka, kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Gicurasi 2017 yasuye Isange One Stop Centre iri ku bitaro by’akarere ku Kacyiru, aho yirebeye ibyo yagezeho mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana.

Muri urwo ruzinduko yari aherekejwe n’Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo, Izeduwa Derex Briggs bari kumwe na Fatou Lo uhagarariye UN Women mu Rwanda.

Yakiriwe na Commissioner of Police (CP) Dr. Daniel Nyamwasa ndetse n’umuhuzabikorwa wa Isange Centres, Superintendent of Police (SP) Shafiga Murebwayire.

SP Murebwayire yamusobanuriye kandi amwereka ahakorerwa serivisi za Isange, abafatanyabikorwa, uburyo yaguye ibikorwa aho iri mu bigo 45 biri mu gihugu hose kugirango yegereze abaturage ubuvuzi, ubujyanama ku ihungabana n’ubwunganizi mu mategeko kandi ku buntu.

Asoza uruzinduko mu butumwa bwe, Phumzile Mlambo yagize ati:”Turashima ibyiza byakozwe.”

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5976 Posts

Politiki

4223 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga