• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/06/26
Kamonyi-Rukoma: Depite Muzana Alice, yasabye abaturage kudahingira inda gusa, kurya
04/06/26
Kamonyi-Kwibuka32: Ibihe byo Kwibuka si ibihe byo kwiyamamaza cyangwa kwishakira icyubahiro-Zacharie Benedata/Ibuka
04/06/26
Ruhango-Bweramana: Polisi yataye muri yombi uwari wibye asaga Miliyoni na Magana arindwi (1,700,000Fr)
04/06/26
Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi bacukura, bagurisha amabuye y’agaciro bitemewe

Meya wa Rubavu na Gitifu w’umurenge muburoko

Umwanditsi
July 21, 2017

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu hamwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze bafunzwe by’agateganyo, bakurikiranyweho kubangamira abiyamamaza.

Sinamenye Jeremie, umuyobozi w’akarere ka Rubavu yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki 21 Nyakanga 2017. Uretse uyu muyobozi w’akarere ka Rubavu watawe muri yombi, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Busanze muri Nyaruguru nawe yatawe muri yombi na Polisi.

Amakuru yitabwa muri yombi rya Meya Sinamenye Jeremie w’akarere ka Rubavu hamwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru yemejwe na Polisi y’u Rwanda.

ACP Theos Badege umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ku murongo wa terefone ngendanwa yemereye intyoza.com ko aya makuru yitabwa muri yombi ry’aba bayobozi ari impamo. Avuga kandi ko no kurubuga rwa twitter rwa Polisi y’u Rwanda byashyizweho.

ACP Badege, atangaza ko aba bayobozi bombi batawe muri yombi bagafungwa by’agateganyo aho bakurikiranyweho kubangamira bamwe mu bakandida barimo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Nubwo polisi itangaza ko aba bayobozi bakurikiranyweho kubangamira abiyamamaza, ntabwo yatangaje imyirondoro y’abakandida ivuga ko babangamiwe n’uburyo byakozwemo.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5975 Posts

Politiki

4222 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1057 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga